TUYISHIMIRE RAYMOND

872 Articles

Polisi yafashe uwinjizaga magendu mu gihugu amabalo 11 y’imyenda

Seminega Gilbert w’imyaka 50 y’amavuko, yafashwe na Polisi y’Igihugu afite imyenda ya Caguwa ingana n’amabalo 11 n’ibilo 195,abyinjiza mu Rwanda…

Ibibazo by’umutekano wa Congo byaganiriweho Tshisekedi adahari

Perezida Paul Kagame n'abandi bakuru b'ibihugu bya EAC, bakoze inama yigaga ku ishyirwa mu bikorwa ry’imyanzuro yafatiwe i Luanda n'i…

Imyanzuro yavuye mu biganiro byahuje ingabo za Congo na M23  

Mu musaruro wavuye mu biganiro umutwe wa M23 wagiranye n’igisirikare cya Congo,FARDC,kuwa 12 Ukuboza 2022, ni uko M23 itazigera yongera…

Congo yizeye ko Perezida Biden ayifasha gukemura ikibazo cya M23 n’uRwanda

Umuvugizi wa Congo,Patrick Muyaya, yatangaje ko Perezida Tshisekedi n'itsinda ry’aba Minisititiri  berekeje muri Amerika mu nama iyihuza na Afurika,biteguye  kugeza…

Gen Muhoozi yavuze ko atakwigereranya na Gen Kabarebe

Umuhungu wa Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni  akaba ari n’umujyana we wihariye,Jenerali Muhoozi Kainerugaba, yavuze imyato umujyanama mu by’umutekano…

Musanze: Bahangayikishijwe n’ubujura bwibasira amatungo

Bamwe mu baturage bo mu Kagari ka Buruba mu Murenge wa Cyuve,AKarere ka Musanze,bahangayikishijwe n’ubujura bwibasira amatungo arimo  inka, bukorwa…

Impunzi z’Abanye-Congo ziri mu nkambi ya Kigeme zakoze imyigaragambyo

Abanye-Congo bahungiye mu Rwanda bamaze igihe kirekire bacumbikiwe mu nkambi ya Kigeme mu Karere ka Nyamagabe, mu gitondo cyo kuri…

Perezida Kagame yitabiriye inama mu Busuwisi

Perezida wa Repubulika y’uRwanda,  Paul Kagame, kuri uyu wa mbere tariki ya 12 Ukuboza 2022, yagiriye uruzinduko mu Busuwisi, aho…

Masaka: Hagiye kubakwa uruganda rutunganya imyanda yo mu musarane rwa Miliyari 8Frw

Mu Murenge wa Musaka mu Karere ka Kicukiro, hagiye kubakwa uruganda rutunganya amazi mabi yo mu ngo n’imyanda yo mu…

Denis Mukwege yareze ubushotoranyi bw’uRwanda kuri Papa

Umunye-Congo,Denis Mukwege, wigeze guhabwa igihembo cyitiwe Nobel,yasabye  ko uRwanda rwafatirwa ibihano ,kubera icyo yita ubushotoranyi bwihishe  mu mutwe wa M23.…