U Rwanda rwatorewe kuzakira inteko ya 14 y'ikigo Mpuzamahanga Gishinzwe ingufu zisubiranya, (International Renewable Energy Agency, IRENA) izaba mu mwaka…
Gasabo: Umusore w’imyaka 28 y’amavuko yasanzwe mu umugozi yapfuye bikekwa ko yiyahuye nyuma yo kwangirwa kujya guhemba mushikiwe wabyaye. Ibi…
Perezida wa Repubuka w'u Rwanda, Paul Kagame, yibukije ibihugu byiyita ko bikomeye,bishaka gutegeka, ko bingana n'ibindi kuri iyi sanzure. Ni…
Kayumba Christopher, wahoze ari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, Ishami ry’Itangazamakuru, yasabiwe gufungwa imyaka 10 n’amezi atandatu kubera ibyaha akurikiranyweho…
Irakoze Ken Mugabo w'imyaka 12 uheruka , gupfira mu mpanuka y'imodoka yabereye i Rebero mu Mujyi wa Kigali, yasezeweho mu…
Umuryango Mpuzamahanga wita ku Burenganzira bwa muntu, Human Right Watch (HRW), muri raporo yayo ya 2022 ku burenganzira bwa muntu,…
U Rwanda na Turukiya /Turkey kuri uyu wa Kane tariki ya 12 Mutarama 2023 byasinyanye amasezerano atatu y'ubufatanye ajyanye no…
Umwana w'uruhinja umaze icyumweru avutse , yatawe mu bwiherero n'umuntu utaramenyekana, abaturage bamukuramo atarapfa. Ibi byabaye mu gitondo cyo kuri…
Umuhungu wa Perezida Museveni akaba n'umujyana we wihariye mu by'umutekano yagarutse ku magambo aheruka gutangaza avuga ko ingabo za Uganda…
Bagabo Reponse w’imyaka 12, wari waburiwe irengero, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11Mutarama 2023, yagejejwe mu…
Sign in to your account