TUYISHIMIRE RAYMOND

872 Articles

Kenya: Minisitiri yatangaje amagambo asa nk’ashotora U Rwanda

Minisitiri Ushinzwe gutwara abantu n’Ibintu, Kipchumba Murkomen, yavuze ko u Rwanda  ari "ikigenge "aho icyo Perezida avuze cyose ari itegeko. …

RDCongo yanze indorerezi  z’amatora ziva muri EAC

Repubulika Iharanira Demokarasi ya RDCongo yanze indorerezi z’amatora ziva mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba nk’uko byari biteganyijwe. Ku munsi w’ejo…

Papa Francis yemeye ishyingirwa ry’abahuje  ibitsina

Kuri uyu  wa mbere, Umushumba wa kiliziya Gatorika,Papa Francis yemereye abapadiri  guha umugisha ababana bahuje ibitsina, ku mpinduka zikomeye mu…

Nyanza: Umukobwa wacuruzaga amayinite yishwe n’abagizi ba nabi

Mutuyimana Afisa w’imyaka 25 y'amavuko wacuruzaga amayinite, yasanzwe yishwe n’abagizi ba nabi bataramenyekana. Ibi byabaye ku wa gatandatu tariki ya…

Aime Uwimana na Prosper Nkomezi bagiye kwinjiza abakirisitu mu mwaka mushya

Abahanzi mu ndirimbo zihimbaza Imana ari bo Prosper Nkomezi na Aime Uwimana nibo zafasha abakirisitu n’abandi kwinjira mu mwaka mushya…

Ruswa iravuza ‘Ubuhuha’  mu kubaka binyuranyije n’amategeko

Ubushakashatsi ku gipimo cya ruswa mu Rwanda bukorwa Transparency International Rwanda, bwagaragaje ko kuri ubu ruswa yagabanutseho 7.10% ariko yiganje…

Perezida Kagame na Macky Sall wa Senegal baganiriye

Perezida wa Repubulika,Paul Kagame,yagiranye ikiganiro na Perezida wa Senegal,Macky Sall, baganira uko  umugabane wa Afurika warushaho guteza imbere inganda zikora…

Perezida Ruto ‘yateye utwatsi’ icyifuzo cya Congo cyo gufunga Corneille Nangaa

Perezida wa Kenya, William Ruto, yamaganye icyifuzo cya Leta ya RDC gisaba  ko Corneille Nangaa uherutse gushinga Ihuriro rirwanya Ubutegetsi…

Perezida wa Senegal Mack Sall na Nana Akufo Ado wa Ghana bari mu Rwanda

Perezida wa Senegal, Macky Sall, na Nana Akufo –Addo wa Ghana bageze i Kigali aho baje mu gikorwa cyo gufungura…

Somalia yasinye amasezerano ayinjiza muri EAC

Somalia Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Ukuboza 2023, yashyize umukono ku masezerano yo kwinjira mu muryango  w’ibihugu by’Afurika…