Mu masaha y’ijoro ku Cyumweru, agakiriro ka Gisozi, ahakorera Cooperative ADARWA haraye hashya ku buryo abahafite imitungo bavuga ko bahombye…
Ku Mupaka w’Akanyaru, Guverineri w'Intara y'Amajyepfo, Alice Kayitesi yakiriye intumwa z'u Burundi ziririmo ba Guverineri b’Intara za Kayanza na Ngozi.…
Bamwe mu bagabo bo mu Mirenge igize akarere ka Bugesera, barijujuta ko abagore babata mu ngo kubera amikoro macye. Mu…
Itorero Angilikani ryo mu Rwanda, ryatangaje ko ryababajwe n'iryo mu Bwongereza rishyigikira abaryamana bahuje ibitsina. Mu itangazo ryo kuri uyu…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 10 Ugushyingo 2023, Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga Dr. Vincent Biruta, yagiye kuri Ambasade…
Kicukiro: Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi umugore w'imyaka 28 akurikiranyweho guta mu cyobo cya metero 15, umwana w'imyaka…
Umukobwa uri mu kigero cy'imyaka 22 wo mu Karere ka Gasabo, yapfuye bitunguranye, nyuma y'igihe gito musaza we apfuye bitunguranye…
Guverineri w'Intara y'Iburengerazuba,Habitegeko Francois, yagaragaje ko ubusinzi bukabije n'amakimbirane yo mu ngo bigira uruhare mu igwingira ry'abana, asaba uruhare rw'ababyeyi…
Ahubakwa uruganda rwa Ruriba, mu Murenge wa Rusororo ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere habaye impanuka y'imodoka yatwaye ubuzima…
Igisirikare cya Israel, cyigambye kwica abarwanyi b'Abanya Palestine babarizwa mu mutwe wa Hamas, mu gace ka Yeriko, muri west Bank.…
Sign in to your account