TUYISHIMIRE RAYMOND

872 Articles

Kagame yakuriye inzira ku murima Abayobozi bakuru babaho “muri tombola”

*Murashishe abana b'Abanyarwanda barwaye bwaki Perezida Kagame yanenze abayobozi bajya mu bikorwa bibabyarira inyungu, bahomba bakavuga ko bafashaga abaturage. Ibi…

Ibarura rusange ryagaragaje ko Abanyarwanda barenga gato miliyoni 13

Imibare y'ibarura rusange ry’abaturage ryabaye muri Kanama 2022, rigaragaza ko Abanyarwanda ari 13,246,394, bavuye kuri miliyoni 10,5 bariho mu mwaka…

Inama 6 ku bahinzi bafite ubwanikiro bw’ibigori – RAB

Ikigo gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda (RAB), kibukije  abahinzi n’abandi bafatanyabikorwa ibikwiye kwitabwaho mu gihe cyo gukoresha ubwanikiro bw’imyaka.…

Congo yashyize mu majwi u Rwanda “iruregera abanyamuryango ba ECCAS”

Minisitiri w'intebe wa RD.Congo, Jean Michel Sama Lukonde, yasabye ko Umuryango w’Ubukungu bw’Ibihugu bya Afurika yo Hagati, ECCAS wagira icyo…

Dr Kayumba wari ugiye kumara imyaka 2 muri Gereza yagizwe umwere

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagize Dr Kayumba Christopher umwere ku byaha yari akurikiranyweho byo gusambanya undi ku gahato n’icy'ubwinjiracyaha muri…

Rubavu: Yarwaniye icyuma n’uwo “ashaka gukoresha ubutinganyi ku gahato”

Umugabo w'imyaka 30 yatawe muri yombi akurikiranyweho gushaka gusambanya umwana w'umuhungu w'imyaka 17. Ibi byabaye ku mugoroba wo kuri uyu…

Musanze: Hadutse uburwayi budasanzwe mu ngurube – Dore ingamba zihutirwa ku borozi (AUDIO)

Ubuyobozi bw'Akarere ka Musanze bwategetse imwe mu Mirenge ikagize guhagarika ibikorwa byo kotsa 'akabenzi" kubera uburwayi budasanzwe bwibasiye ingurube. Bimwe…

Perezida Kagame yahinduye umuyobozi Mukuru wa Polisi

Perezida Paul Kagame yagize DCG Felix Namuhoranye, umuyobozi Mukuru  wa Polisi asimbuye IGP Dan Munyuza. Itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri…

Kigali – Abanyeshuri basanze Umwarimukazi wabigishaga yapfiriye mu nzu

Nyarugenge: Umwarimukazi  w'imyaka 61 wigishaga ku kigo cy'amashuri abanza cya Kamuhoza, yasanzwe mu nzu yapfuye, harakekwa uwo yari abereye mu…

UPDATE: Umugabo “wari uzwiho ubujura” yakubitiwe mu murima w’ibigori arapfa

Umushumba wari urinze umurima w'ibigori arakekwaho gukubita inkoni mu mutwe umugabo bikekwa ko yari aje kubyiba, bikamuviramo urupfu. Ibi byabaye…