TUYISHIMIRE RAYMOND

872 Articles

Umunyamabanga Mukuru wa UN yinginze M23 ngo ihagarike imirwano

Umunyamabanga mukuru w'Umuryango w'Abibumbye, Antonio Guterres yasabye umutwe wa M23 guhagarika imirwano kuri uyu wa Gatatu tariki ya 07 Werurwe,…

Abanyarwanda bavuga neza Icyongereza kurusha Igifaransa- Ibarura

Ikigo cy'Igihugu cy'Ibarurishamibare mu Rwanda, giheruka gutangaza ko Abanyarwanda bavuga neza Icyongereza kurusha igifaransa. Ni mu byavuye mu Ibarura Rusange…

Agapfa kaburiwe ni impongo! U Rwanda ntiruzarebera ubushotoranyi bwa Congo

Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y'u Rwanda, Alain Mukurarinda, yavuze ko mu gihe RD Congo yakomeza ubushotoranyi igatera byeruye, uRwanda rwiteguye…

Nyarugenge: Umutekano wakajijwe  kuri ruhurura yahungiyemo abakekwaho ubujura

Mu Murenge wa Muhima, ku muhanda uri munsi y'ahitwa Dowton mu Mujyi wa Kigali,  abajura baraye bambuye abaturage ibirimo telefoni…

Perezida Macron yashinje Congo ubunebwe mu gukemura ikibazo cy’umutekano

Perezida w'Ubufaransa, Emmanuel Macron, yashinje RD Congo uburangare no kutagira icyo ikora ngo igire amahoro arambye,ayisaba kudakomeza kubera umutwaro amahanga.…

Nyagatare: Abaturage baribaza icyatumye kubaka inzu mberabyombi bidindira

  Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Karama, Akarere ka Nyagatare, barasa guhabwa ibisobanuro by'amafaranga batanze hubakwa inzu mberabyombi…

Porogararamu 8 z’ikoranabuhanga zafasha Abanyarwanda 

Uko bwije n'uko bucyeye Ikoranabuhanga riragenda rifata ubuzima bwa muntu. Kuri ubu mu Rwanda no  bihugu byateye imbere ibigo byinshi…

Afurika y’Epfo: Abanyamulenge bamaganye ubwicanyi bukorerwa bene wabo

Abanyamulenge batuye muri Afurika y'Epfo n'inshuti zabo, bigaragambije, bamagana ubwicanyi bagenzi babo bakorerwa muri RD Congo. Ni Imyigaragambyo yabereye kuri…

Uburundi bugiye kohereza izindi ngabo muri Congo

Uburundi bwemeje ko  kuwa 4 Werurwe 2023 buzohereza izindi ngabo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo gufatanya n'ingabo z'Akarere guhangana…

Ese ni Abanyeshuri cyangwa n’abarimu? – Icyo bavuga ku ireme ry’uburezi

Kuri ubu hakomeje kuza ibitekerezo bivuga ko abari kurangiza amashuri ya Kaminuza basoza nta bumenyi buhagije bakuramo ku buryo batabasha…