Perezida wa Afurika y'Epfo, Cyril Ramaphosa,yasabye ko amakimbirane yo muri Congo no muri Afurika yarangira, yemera gutanga ubufasha bwo kurwanya…
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Kimihurura,Akagari ka Kimihurura,Umudugudu w'Amahoro, bavuga ko batunguwe n' icyemezo Leta yafashe cyo kubimura…
Philippe Hategekimana w'imyaka 66 , wahoze ari umujandarume ufite ipeti rya Adjudant- chef mu Karere ka Nyanza, kuri uyu wa…
Munyemana Stanislas w'imyaka 52, wo mu Mudugudu wa Remera, Akagari ka Gitinda mu Murenge wa Kinihira mu Karere ka Ruhango…
Turahirwa Moses washinze inzu y'imideli kuri uyu wa gatatu tariki ya 10 Gicurasi 2023,yitabye Urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge kugira ngo…
Gakenke: Umugore witwa Nzanywenimana Josianne w'imyaka 28 akurukiranyweho kuruma umugabo we akamuca umunwa nyuma yo gushyamirana bapfa umutungo w'urugo. Amakuru…
Mugemangango Stephane uri mu kigero cy'imyaka 60, wo mu Murenge wa Rusororo, Akagari ka Mbandazi, Umudugudu wa Karambo, yasanzwe mu…
Umushoramari Nsabimana Jean uzwi nka Dubai wubatse Umudugudu w’Urukumbuzi Real Estate ugatangira gusenyuka utamaze kabiri, yanze kuburana agaragaza inzitizi z'uko…
Mu Karere ka Ngoma, hashyizweho gahunda ya " Bwije Nkoze iki? "igamije kwesa imihigo no gucyemura ibibazo by'abaturage, binyuze mu…
Perezida wa Angola, João Lourenço, akaba n’umuhuza mu bibazo by’umutekano muri RD.Congo, yatangaje ko umwuka mubi uri hagati y'u Rwanda…
Sign in to your account