TUYISHIMIRE RAYMOND

872 Articles

Byinshi ku gitaramo kizitabirwa n’abantu 1000

Itsinda rya James na Daniella ryamamaye mu ndirimo zitandukanye zihimbaza Imana ryatangaje ko ryiteguye gufasha abantu 1000 bazitabira igitaramo cyabo…

Nyaruguru: Ubuzima bwa Mukamuhoza wahawe inzu, iyo yarimo yendaga kumugwaho

Mu Karere ka Nyaruguru hatangijwe icyumweru cy'umujyanama n'umufatanyabikorwa, Mukamuhoza Beatha ari mu baturage bahawe inzu, avuga ko ubuzima bwe bugiye…

Abahoze ari abashoferi ba Leta bahagurukiye kurwanya abapfobya Jenoside 

Abahoze ari abashoferi mu bigo bya leta bibumbiye muri koperative CODACE ,( Cooperative de development Des anciens chauffeurs de l'Etat)…

Mu gitaramo cya Alexis Dusabe abana basabye kurindwa ubuzima bw’umuhanda 

Mu gitaramo cy'umuramyi Alexis Dusabe,cyabaye kuri iki cyumweru tariki ya 21 Gicurasi 2023,abana barererwa mu Kigo cya SOS village, bahaye…

Abiga muri Kaminuza basobanuriwe inyungu zo gukoresha Akadomo.Rw

Ikigo Gishinzwe Guteza imbere ikoranabuhanga (RICTA), cyatangije amahugurwa agamije kongerera ubumenyi abanyeshuri bo mu mashuri makuru na kaminuza muby'ikoranabuhanga, itumanaho…

Apôtre Apolinaire na David Nduwimana bageze i Kigali 

Umuramyi Apôtre Apolinaire Habonimana ndetse na David Nduwimana wo muri Australia bamaze kugera iKigali mu Rwanda aho baje kwitabira igitaramo…

Abiga UTB bari mu gihirahiro nyuma y’amezi atanu badakandagira mu ishuri

Bamwe mu banyeshuri biga muri Kaminuza y'Ubukerarugendo n'ikoranabuhanga, UTB, ishami rya Rubavu na Kigali mu mashami ya BBM(Business Management)na CE(…

Abakoresha permis “z’indyogo” bagiye guhigishwa uruhindu

Polisi y'Igihugu yatangaje ko igiye gukora umukwabo ku bantu bakoresha uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rwo mu mahanga ariko rw'impimbano. Ibi…

Nyampinga wihebeye ubworozi bw’ingurube yakabije inzozi

Uwimana Jeannette uherutse gutorerwa ikamba rya Miss Innovation w'umwaka wa 2022, kuri uyu Gatatu tariki ya 17 Gicurasi 2023, yakabije…

Abakozi Babiri bo muri Ambasade ya America biciwe muri Nigeria

Polisi yo muri Nigeria yatangaje ko abitwaje intwaro bagabye igitero ku modoka za Ambasade ya Amerika, kigahitana abantu bane barimo…