TUYISHIMIRE RAYMOND

872 Articles

Akari ku mutima w’abomowe ibikomere na “Mvura Nkuvure”  

Bamwe mu bacitse ku icumu rya Jenoside n’abayikoze bakaza kwemera icyaha bagasaba imbabazi, bo mu Karere ka Nyamagabe, batangaje ko…

Amerika yafatiye ibihano Uganda, “ku mpamvu y’itegeko rihana ubutinganyi”

Umunyabanga wa Leta muri Amerika, Antony Blinken, ku wa Mbere tariki ya 29 Gicurasi 2023, yatangaje ko Guverinoma ya Amerika…

Museveni yanenze imyitwarire y’ingabo ze ku gitero zagabweho na al Shabaab

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yanenze imyitwarire y'ingabo za Uganda ziri Somalia nyuma yo kugabwaho igitero cyateguwe na Alshabaab cyaguyemo…

Abagabo b’I Nyaruguru bishyiriyeho akagoroba kadasanzwe

Bamwe mu bagabo bo mu Murenge wa Ngera, mu Karere ka Nyaruguru, baremye itsinda ribahuza bise “Akagoroba k’abagabo” rigamije kurandura…

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye umuganda

Perezida wa Repubulika Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye umuganda rusange ngarukakwezi wo gutera ibiti muri pariki ya Nyandungu,…

Abaturiye umupaka w’u Burundi bamazwe ubwoba

Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyaruguru, bwamaze Impungenge abaturage batinya gukoresha umupaka n'ibyambu bihana imbibi n'u Burundi, bakeka ko bahohoterwa, babwirwa ko…

Hatanzwe amabati yo kugoboka abasenyewe n’ibiza I Nyaruguru 

Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyaruguru bwahawe amabati 200 n'itorero rya EAR (Eglise Anglican au Rwanda) yo kugoboka imiryango iheruka gusenyerwa n'ibiza.…

Abasekirite 2 barindaga Depo ya Bralirwa bishwe n’abagizi ba nabi

Kayonza: Abagabo babiri bishwe n'abantu bataramenyekana, ndetse batwara mudasobwa n'amafaranga, inzego zibishinzwe zatangiye iperereza. Habanabakize Innocent, Umuyobozi w'Ibikorwa (Admin) mu…

Rwanda: Umusekirite warindishaga Banki inkoni yishwe

Nzigira Irenee warindaga Banki y'abaturage i Rwamagana, yishwe atewe ibyuma nk'uko ubuyobozi bubitangaza. Amakuru y'urupfu rwe yamenyekanye mu gitondo cyo…

Inkunga igenewe abagizweho ingaruka n’ibiza igeze kuri miliyoni 700Frw

Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA)yatangaje ko mu kugoboka abakozweho n'ibiza hamaze gukusanywa arenga Miliyoni 700Frw. Ni ubutumwa iyi Minisiteri yanyujije ku…