TUYISHIMIRE RAYMOND

872 Articles

Perezida Kagame yakiriye mugenzi we wa Centrafrica

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane, Perezida Kagame yakiriye, Faustin-Archange Touadéra wa Centrafrique uri mu ruzinduko mu Rwanda. Mu…

Ku Gisozi haravugwa urupfu rutunguranye rw’umukobwa w’imyaka 25

Umukobwa uri mu kigero cy’imyaka 25 y’amavuko wari utuye mu murenge wa Gisozi, mu Karere ka Gasabo yasanzwe mu mugozi…

Nyagatare: Hari ishuri ritegeka abanyeshuri kuzana  inkwi n’imboga

Bamwe mu banyeshuri biga ku Rwunge rw’Amashuri rwa Kanombe,GS Kanombe, riherereye mu Murenge wa Rwimiyaga,Akarere ka Nyagatare,bavuga ko bakorerwa icyo…

Lt Col Kabera “wamamaye mu kuramya Imana” yagizwe Umuvugizi Wungirije w’Ingabo

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n'Umugaba w'Ikirenga w'Ingabo z'u Rwanda, yagize Lt Col Simon Kabera umuvugizi wungirije w’inga bo…

Impinduka zirasanzwe – KAGAME arahiza abayobozi bashya

Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi bashya baheruka gushyirwa mu myanya mu buyobozi bwo hejuru mu gisirikare cy'u Rwanda, abibutsa…

USA: Barindwi barasiwe mu birori byo gutanga Diplome

Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, abantu barindwi barasiwe mu gitero cyabereye ku ishuri  riri Richmond, mu ntara ya Vilginia,mu…

Ngoma: Bambukira mu bwato bwashyira ubuzima mu kaga

Abakoresha ikiraro gihuza Akarere ka Ngoma  na Bugesera  bavuga ko bafitiye impungenge ubwato bakoresha bambuka kuko ari buto kandi bujyamo…

Col Gasana Godfrey yahawe ipeti rya Brigadier general

Perezida Kagame akaba n'Umugaba w'Ikirenga w'Ingabo z'u Rwanda yazamuye mu ntera, Col Godfrey Gasana, Umugaba wungirije w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira…

Kigali: Isoko ryubakiwe abahoze ari abazunguzayi ryahiye rirakongoka -AMAFOTO

Isoko ryubakiwe abahoze bakora ubuzunguzayi riherere mu Karere ka Gasabo, umurenge wa Ndera ryahiye rirakongoka, kugeza ubu ntiharamenyekana agaciro k'ibyangiritse.…

Itariki yo gushyingura Gisimba yamenyekanye

Gahunda n’itariki yo gushyingura  Mutezintare Gisimba Damas   warokoye Abatutsi benshi akaba na Se w’imfubyi amagana yatangajwe n’umuryango we. Gisimba…