TUYISHIMIRE RAYMOND

872 Articles

Perezida wa Zambia yavuye i Kigali yerekeza mu nama ikomeye mu Bufaransa

Perezida wa Zambia,Hakainde Hichilem, yasoje uruzinduko rw’akazi yagiriraga mu Rwanda,ahita yerekeza mu Bufaransa mu yindi nama yiga ku buryo bushya…

Leta yongeye gushyiraho ibiciro ntarengwa by’umuceri 

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda, MINICOM, yashyizeho ibiciro ntarengwa by’umuceri wo mu Rwanda, isaba abahinzi kuwugurisha ku nganda zemewe. Bikubiye mu itangazo…

Umuramyi wo muri Tanzania “Dr IPyna” uri mu bakunzwe agiye gutaramira I Kigali

Abaramyi bagize itsinda rya Hymnos rya  Dieu Merci Dedo  na Naomi Mugiraneza, rizwi mu ndirimbo “Ndamahoro”, rigiye guhurira mu gitaramo…

Perezida Kagame yakiriye ku meza mugenzi we wa Zambia

Perezida wa Repubulika Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri tariki ya 20 Kamena 2023, yakiriye ku meza…

Inama ku bagore batwite, n’abatajya kwipimisha inda

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyagiriye Inama abagore batwite kwipimisha inda hakiri kare, hagamije kwirinda imfu z'abana. Ni ibyatangajwe ubwo kuri…

 Karasira Aimable yateye utwatsi Abaganga bamusanze muri gereza ngo bamusuzume  

Umunyamategeko wa Karasira avuga yiyemerera ko atasuzumirwa indwara zo mu mutwe muri gereza Raporo y’Itsinda ry’abaganga batatu ivuga ko uburwayi…

Kamonyi: Inzu y’umuturage yahiye irakongoka ntiyagira icyo aramura -AMAFOTO

Inzu y’umuturage y’umuturage witwa Nzaramba Jean Pierre w’imyaka 45 y’amavuko, ahagana saa kumi n’imwe zo ku mugoroba wo kuri uyu…

Apostle Dr.Paul Gitwaza yohereje ubutumwa , Vice Mayor wa Bugesera arahanura, Ibyaranze igiterane cya Zion Temple Ntarama – AMAFOTO

Byari ukwandika amateka ku musozi wa Ntarama ubwo hasozwaga Igiterane “ In His Dweling” cyateguwe na Zion Temple Ntarama. Inzego…

Gahanga: Bashenguwe n’ibyabaye ku musozi wa Mwulire

Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi mu Kagari ka Nunga,mu Murenge wa Gahanga, kuri iki cyumweru tariki ya 18 Kamena 2023, basuye…

Abahinzi ba Kawa bo muri Afurika bakuye isomo ku b’iMuhanga

Abahinzi ba Kawa, icyayi n'indabo bo mu bihugu bitandukanye byo muri Afurika , basuye koperative y'abahinzi ba Kawa, Abaterankunga ba…