TUYISHIMIRE RAYMOND

872 Articles

Perezida KAGAME yakiriye mugenzi we  wa Hongrie uri mu Rwanda -AMAFOTO

Perezida wa Repubulika w’uRwanda Paul Kagame  kuri iki cyumweru yakiriye mugenzi we wa Hongrie, Katalin Novák uri mu ruzinduko mu…

Kamonyi: Hatanzwe impuruza ku burezi bw’abafite ubumuga

Ihuriro ry'imiryango y'abantu bafite ubumuga mu Rwanda (NUDOR) ndetse n’abandi bafatanyabikorwa batangije ubukangurambaga “Ring The Bell” bugamije gutabariza uburezi bw’abafite…

Abakekwaho kwiba telefoni bakozwemo ubudehe “batandatu bafashwe”

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB rwafashe agatsiko k’abasore bakekwaho ubujura bwa telefoni, ndetse izibwe zisubizwa benezo. Abafashwe bagera kuri batandatu RIB…

Rwanda: Umwana yiganye iby’umunyarwenya ”Mitsutsu” yishyira mu mugozi

Umwana w’imyaka 11 wo mu Murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze, yiganye imwe muri filime z’umunyarwanda uzwi nka ‘Mitsutsu’…

Imirwano ikomeye irakomeje hagati ya M23 na Wazalendo

Iminsi itatu irashize muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo imirwano yubuye hagati y’umutwe wa M23 na Wazalendo, abaturage bo bifuza…

Gitifu yafatiwe mu cyuho anyereza Miliyoni 5frw

Kirehe:Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rufunze Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gahara yafatiwe mu cyuho abikuza miliyoni 5 Frw kuri telefoni.  Uyu wafashwe…

Umugabo umaze igihe gito ashinze urugo yasanzwe  mu mugozi yapfuye

Ngororero: Umugabo w’imyaka 20 wo mu Karere ka Ngororero wari umaze igihe gito (amezi abiri) ashinze urugo, yasanzwe mu mugozi…

Perezida Abdel Fattah yaganiriye na Abiy Ahmed  wa Ethiopia

Perezida wa Misiri, Abdel Fattah El Sisi na Minisitiri w’intebe wa Ethiopie, Abiy Ahmed, ,baganire uburyo bahagarika  ntambara yo muri…

Kigali: Mu rugo rw’umuturage hapfiriye umuntu uhamaze iminsi

Mu Karere ka Kicukiro haravugwa urupfu rw’amayobera rw’umukecuru witwa Mukankusi Therese wapfiriye mu rugo  rw’uwo bivugwa ko ari umuvuzi gakondo.…

Ku munsi umwe ahantu hatatu I Kigali hibasiwe n’inkongi y’umuriro

Ku munsi w’ejo tariki ya 11 Nyakanga 2023, ahantu hatatu (3) hatandukanye mu mujyi wa Kigali, hibasiwe n’inkongi y’umuriro, hanangirika…