TUYISHIMIRE RAYMOND

872 Articles

Ngororero: Akurikiranyweho kwica umugore amukase ijosi

Umugabo witwa  Jean Marie  uri mu kigero cy’imyaka 32 wo mu Karere ka Ngororero akurikiranyweho kwica umugore witwa Muhawimpundu Angelique…

Perezida Ndayishimiye yaganiriye na Xi Jinping w’uBushinwa- AMAFOTO

Perezida w’uburundi,Ndayishimiye Évariste yabonanye na Perezida w’uBushinwa Xi Jinping, baganira ku ngingo zirebana n’uko ibihugu byombi byarushaho kunoza ubufatanye. Perezida…

Karongi: Umugabo yishe umugore kubera ifuhe

Ngabitsinze Samuel wo mu Karere ka Karongi arakekwaho kwica umugore we witwa Nyirabugingo Marciane  nyuma yo kumwumva avugira kuri telefone,…

Perezida Kagame yagiranye  inama n’ inzego z’umutekano z’u Rwanda

Perezida Paul Kagame kuwa 27 Nyakanga 2023,  yagiranye inama n’inzego z’umutekano z’u Rwanda. Iyi nama yitabiriwe  n’abayobozi bakuru mu nzego…

Serge Brammertz yasuye urwibutso rwa Jenoside rwa Nyange

Umushinjacyaha Mukuru w’Urwego rwasigariyeho Urukiko Mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda, Serge Brammertz Kuri uyu wa Kane tariki ya 27 Nyakanga 2023,…

Rulindo: Yishyikirije Polisi nyuma yo kwica umugore n’umugabo

Nizeyimana Patrick  wo mu Karere ka Rulindo uri mu kigero cy’imyaka 25 arakekwa kwica atemye Nyiranziramwabo Alice uri mu kigero…

URwanda rwanenze icyemezo uBubiligi bwafatiye Amb Karega

Umuvugizi wa Guverinoma y’uRwanda,Yolanda Makolo, yatangaje ko icyemezo cya guverinoma y’Ububiligi cyo kwanga ambasaderi Vincent Karega guhagararira uRwanda muri icyo…

UPDATE: Louise Mushikiwabo ntabwo akigiye muri Congo

UPDATE: Umuvugizi w’Ubunyamabanga Bukuru bw'Umuryango w'ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF, Oria Vande Weghe yavuguruje ibyatangajwe n’abayobozi ba Congo Kinshasa bari bemeje…

Umutware w’Abakono ‘ntagikeneye no kumva iryo jambo’

Kazoza Justin uheruka kwimikwa nk’Umutware w’Abakono bigateza impagarara yeruye ko yaguye mu makosa, nyuma yo guhabwa impanuro na nyakubahwa Perezida…

Ghana: Minisitiri yeguye nyuma yo gushinjwa guhisha amafaranga mu rugo

Perezida wa Ghana Nana Akufo-Addo yemeye ubwegura bwa Minisitiri ushinzwe amazi,isuku n’isukura , Cecilia Abena Dapaah nyuma yaho  bitangajwe ko…