TUYISHIMIRE RAYMOND

872 Articles

Imbamutima za Perezida wa Madagascar wageze iKigali

Perezida Andry Rajoelina, wa Madagascar yageze i Kigali mu  uruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu ashima uburyo yakiriwe. Ku mugoroba wo kuri…

Rubavu: Abantu 8 bibaga Colta  mu mirima y’abaturage  bafashwe

Polisi y’uRwanda ku bufatanye n’inzego z’ibanze n’abaturage mu Karere ka Rubavu, yafatiye mu cyuho  itsinda ry’abantu umunani bakoraga ubucukuzi bw’amabuye…

Perezida Filipe Nyusi yashimye ingabo z’uRwanda zirukanye ibyihebe

Perezida wa Repubulika ya Mozambique, Filipe Jacinto Nyusi, kuwa kane tariki ya 3 Kanama 2023,yasuye inzego z’umutekano z’u Rwanda ziri…

Karongi: Hegitare zirenga 20 z’amashyamba  zahiye zirakongoka

Hegitare zirenga  20 z’amashyamba yo mu mirenge ya Rwankuba,Gitesi na Bwishyura yo mu Karere ka Karongi kuri uyu wa Kane…

Rulindo: Umugabo yiturikirijeho grenade

Sinabamenye Protais w’imyaka 44 wo mu Karere ka Rulindo yiturikirijeho gerenade , ahita apfa. Ibi Byabaye mu gitondo cyo kuri…

Abahinzi b’imbuto n’imboga  bahawe  inkunga ya Miliyoni 150  z’ama Euro  

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 2 Kanama 2023,Ikigo  GoodWell Investments cyahaye  ikigo kigura imbuto n’imboga kikabijyana mu mahanga ,Souk…

Abitwaza ibyiciro by’ubudehe basaba ubufasha bahawe ubutumwa

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yasabye abanyarwanda n'abafatanyabikorwa bose kudashingira ku byiciro  by’ubudehe mu gutanga serivise cyangwa ubufasha ubwo aribwo bwose ku…

Perezida KAGAME yakiriye Ambasaderi Dr. Ron Adam usoje imirimo mu Rwanda

Perezida Paul Kagame yakiriye Dr Ron Adam, Ambasaderi wa Israel mu Rwanda waje kumusezeraho. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu , Village Urugwiro…

Niger: Ubufaransa  buri guhungisha abaturage 

Kubera imidugarararo ikomeje muri Niger nyuma y’ihirika  ry'ubutegetsi,abafaransa batuye n’abahafite imirimo bari guhungishwa ibikorwa by'urugomo. Indege ya mbere y’Ubufaransa yerekeje…

Dr Mukeshimana Gérardine yabaye Visi Perezida wa IFAD

Dr Mukeshimana Gérardine yagizwe visi perezida w’Ikigega Mpuzamahanga cy’Umuryango w’Abibumbye gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi, IFAD. Ni nyuma yo kuva muri Minisiteri…