TUYISHIMIRE RAYMOND

872 Articles

Perezida w’u Burundi yashimiye Tshisekedi watsinze amatora

Perezida w’u Burundi,Evaliste Ndayishimiye, yashimiye Antoine Felix Tshisekedi ku nstinzi y’amatora  y’umukuru w’Igihugu muri RD Congo. Ku gicamunsi cyo kuri…

RDC: Tshisekedi yatsinze amatora

Perezida Felix Tshisekedi yatsinze amatora yari ahaganyemo n’abandi bakandida, atsindira kuyobora indi manda. Komisiyo yigenga ishinzwe amatora muri RDCongo, yatangaje…

RDC:  Amatora ataravuzweho rumwe agiye gutangazwa

Harabura amasaha macye muri RD Congo ngo hamenyekane uyobora igihugu. Aya matora  yatangiye ku wa 20 Ukuboza 2023, guhera saa…

Bahinga kijyambere babikomoye ku bworozi bw’ingurube

Gicumbi: Abaturage bibumbiye mu itsinda rya Twisungane rikorera ubuhinzi mu Murenge wa Kageyo, bavuga ko bashishikajwe cyane no kuva mu…

Uwiyita umuhanuzi arafunze

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Nibishaka Théogène wo mu Itorero rya ADEPR, rumukurikiranyeho ibyaha bifitanye isano no gutangaza…

RED TABARA yikomye Perezida Ndayishimiye wayishinje kwica abasivile

Umutwe wa RED TABARA urwanya leta y’u Burundi,wikomye Perezida Ndayishimiye Evaliste,wayishinje kwica abaturage , mu gitero cyo mu Gatumba, wo…

Kayonza: Umugore arasaba ubutabera ku mugabo we wakubiswe ingumi agapfa

Tuyishimire Christine wo mu Murenge wa Kabarondo, Akarere ka Kayonza arasaba ko yahabwa ubutabera bw’umugabo we witwa Mugabe Gilbert w’imyaka…

I Kigali hazaturika ibishashi mu gusoza no gutangira umwaka

Mu rwego rwo kwishimira gusoza umwaka wa 2023 no gutangira neza umushya, mu ijoro kuwa 31 Ukuboza 2023, ubuyobozi bw’Umujyi…

Nduba: Abantu batatu bagwiriwe n’ikirombe

Mu Murenge wa Nduba, mu karere ka Gasabo,abantu batatu bagwiriwe n’ikirombe,  babiri bahise bitaba Imana,umwe akaba agishakishwa. Amakuru avuga ko…

Impunzi n’abasaba ubuhungiro 153 bageze mu Rwanda

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki ya 28 Ukuboza  2023, u Rwanda rwakiriye  impunzi n’abimukira 153 baturutse mu…