TUYISHIMIRE RAYMOND

872 Articles

Perezida Kagame yahuye n’abasirikare baheruka kujya mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda,yahuye n’abasirikare baheruka kujya mu kirihuko cy’izabukuru, abashimira akazi bakoze…

Kamonyi: Abakozi babiri ba SACCO bafungiye kunyereza arenga Miliyoni 3frw

Urwego  rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB mu karere ka Kamonyi,rufunze abakozi babiri ba koperative SACCO MBONEZISONGA yo mu Murenge wa Musambira, mu…

Madamu Jeannette Kagame yagaragaje inyungu ziri mu gufata neza ibidukikije

Madamu wa Perezida wa Repubulika, Jeannette Kagame, yasabye Abanyarwanda n’abandi bose muri rusange kugira uruhare mu kubungabunga ibidukikije,  agaragza ko…

Umunyamakuru Umuhoza Honore  arafunze

Umunyamakuru wa Radio/TV Flash mu Ntara y’Amajyaruguru, yatawe muri yombi nk’uko amakuru UMUSEKE wamenye abitangaza. Amakuru avuga ko muri iki…

Rwamagana: Batatu bamaze kwicwa n’inzoga ‘z’icyuma’

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana butangaza ko habarurwa abantu batatu bamaze kicwa n’ inzoga zikunze kwitwa ibyotsi zo mu bwoko bwa…

Goma: Abarimo abapolisi baguye mu myigaragambyo

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu Ntara ya Kivu ya Ruguru, mu Mujyi wa Goma, kuwa Gatatu tariki ya…

Rwamagana: Bahagurukiye ibiyobyabwenge bifashishije bibiliya

Ihuriro ry’Amatorero ya Gikristo,ku bufatanye na Compassion International n’Akarere ka Rwamagana, batangije ubukangurambaga bugamije kurwanya ikoresha n’icuruzwa ry’ibiyobyabwenge. Ni ubukangurambaga…

Burera: Basobanuriwe iby’amatora akomatanyije ateganyijwe  mu 2024

Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Bungwe mu Karere ka Burera basobanuriwe gahunda y’amatora akomatanyije yo gutora Umukuru w’Igihugu…

Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare

Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda Paul Kagame, yazamuye mu ntera abasirikare bari bafite ipeti rya Lieutenant…

Rwanda: Abagabo barenga ibihumbi 18 ni abatinganyi

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima gitangaza ko mu Rwanda abagabo baryamana n’abahuje ibitsina bangana ni 18,100 ndetse ko ubwandu bwa Sida…