TUYISHIMIRE RAYMOND

872 Articles

U Rwanda rwamaganye abarushinja kwibasira abatavuga rumwe narwo

Guverinoma y’u Rwanda yamaganye raporo y’Umuryango Mpuzamahanga uharanira Uburenganzirs bwa muntu, Human Rights Watch, uyishinja guhonyora uburenganzira bw’abanyarwanda baba mu…

Perezida Nyusi yatashye ibikorwaremezo mu gace karindwa n’ingabo z’uRwanda

Mozambique: Perezida wa Mozambique, Filipe Nyusi kuwa 9 Ukwakira 2023, yasuye Umujyi wa Mocimboa da Praia mu Ntara ya Cabo…

Minisitiri Dr Musafiri yagiranye ibiganiro n’Umupfumu Rutangarwamaboko

Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi,Dr  Musafiri Ildephonse n’Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuhinzi,RAB, Dr Thelesphore Ndabamenye, ku wa 9 Ukwakira 2023, bakiriye umupfumu,umushakashatsi akaba…

Ingabo z’Akarere zahawe nyirantarengwa zikaba zavuye muri Congo  

 Repubulika ya Demokarasi ya Congo yavuze ko ingabo z'akarere k'Afurika y'uburasirazuba zigomba kuva muri icyo gihugu bitarenze mu mpera y'uyu…

Madamu Jeannette Kagame ari  I Burundi

Madamu wa Perezida wa Repubulika y’uRwanda,Jeannette Kagame  kuri uyu wa mbere tariki ya 9 Ukwakira 2023, ari i Burundi aho…

Urukiko rwo mu Bwongereza rugiye guca impaka ku kohereza abimukira mu Rwanda

Urukiko rw’Ikirenga mu Bwongereza  muri iki cyumweru rurasuzuma  ku mwanzuro wo kohereza mu Rwanda abimukira binjiye muri iki gihugu mu…

RDC: Imirwano hagati  ya M23 na Wazalendo ikomeje guca ibintu

Imirwano hagati y’inyeshyamba za M23 n’abo uruhande rwa leta ya DR Congo bavuga ko ari imitwe y’abarwanyi yitwa Wazalendo yakomeje…

Dosiye ya Apôtre Yongwe yaregewe ubushinjacyaha

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwatangaje ko dosiye ya Harerimana Joseph, uzwi nka Apôtre Yongwe, ukurikiranyweho icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi…

Abatumva ntibavuge bagorwa no kubona amakuru y’ubuzima bw’imyororokere

Nyamasheke:Bamwe mu babyeyi bafite abana b’abakobwa bafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga , bavuze ko abo bana bagorwa no kumenya…

UPDATED: Perezida Kagame yakiriye intumwa ya Perezida William Ruto

UPDATES: Perezida Kagame yamaze kugezwaho ubutumwa yohererejwe na Perezida wa Kenya William Ruto abunyujije kuri Minisitiri w'Intebe, Musalia Mudavadi. Ibiro…