TUYISHIMIRE RAYMOND

872 Articles

Ibyari amasezerano y’ubwumvikane hagati y’u Rwanda na UK byabyaye impaka mu rukiko

U Rwanda rwagaragaje ko u Bwongereza bwaryozwa kwica amasezerano yo kwakira Abimukira, aho abahagarariye Guverinoma y'u Rwanda bagaragaje ko leta…

UPDATED: ADEPR yirukanye burundu Abapasitori 35

Kigali - ADEPR yirukanye burundu Abapasitori 35 barimo Gakwerere wahamijwe ibyaha bya Jenoside. Itorero rya Pentekoti ry’u Rwanda ryatangaje ko…

Umugabo yarumye umwana we igitsina

Ngoma: Rugerinyange Vedaste wo mu Murenge wa Gashanda, mu karere ka Ngoma, akurikiranyweho kuruma umuhungu we igitsina akeka ko ari…

RIB yagaragaje abagore n’abagabo b’amayeri ahambaye mu kugurisha imitungo y’abandi (VIDEO)

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwerekanye abantu 11 barimo n’umunyamategeko akaba ari na Noteri wigenga, bafashwe bagurisha imitungo itimukanwa y’abantu irimo…

America yatumije u Rwanda na RD.Congo

Intumwa z'u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokasi biteganyijwe ko ziganirizwa na America, bigamije kureba impamvu amasezerano y’Amahoro mu Burasirazuba bwa…

Congo irashinjwa kurasa ibisasu mu Minembwe ikoresheje drônes 

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, zirashinjwa kurasa zikoresheje indege za ‘Drônes’ zo mu bwoko bwa Kamikaze mu…

U Rwanda rurakomanga mu bihugu by’inshuti rushaka amajwi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb Olivier Nduhungirehe n’uwa Siporo, Nelly Mukazayire, bajyanye ubutumwa bwa Perezida Kagame muri Djibouti na…

Abakozi babiri ba RMB bahamwe no kwakira indonke bitaga ‘agahene ka Noheli’

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, rwakatiye igifungo cy’imyaka ibiri n’igice ndetse no gutanga ihazabu ku bakozi babiri b’Urwego rw'Igihugu rushinzwe Mine,…

Ibiganiro by’ibanga hagati ya Tshisekedi n’umuhungu wa Habyarimana biteje inkeke!

Guverinoma y’u Rwanda, yagaragaje ko Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ikomeje umugambi wayo wo gushaka gutera u Rwanda…

Icyifuzo cy’Impunzi z’Abanye-Congo kuri Tshisekedi bashinja ubuhemu

Muri Mutarama 2019, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yabonye umutegetsi mushya wari witezweho ibitangaza byo guhindura iki gihugu, kikava mu…