TUYISHIMIRE RAYMOND

872 Articles

Kazungu Denis yasabiwe gufungwa indi minsi 30 (video)

Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro kokongera igihe cy’iminsi 30 yo gufungwa by’agateganyo kuri Kazungu Dennis ukurikiranyweho ibyaha birimo ubwicanyi,…

Bugesera: Hatashywe urugo mbonezamikurire rwuzuye rutwaye Miliyoni 40frw

Mu Murenge wa Mareba, Akagari ka Ruyenzi,ho mu Karere ka Bugesera, kuri uyu wa Gatatu tariki 26 Ukwakira 2023, hatashywe…

Rwanda: Hagiye kubakwa amakusanyirizo y’amata 400

Mu bice bitandukanye byo mu gihugu bigiye kubakwamo amakusanyirizo y’amata agera kuri 400. Ni umusaruro w’amasezerano hagati ya leta y’uRwanda…

EAC yasohoye itangazo nyuma yaho umusirikare wayo arasiwe muri Congo

Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) wasohoye itangazo unenga  uburyo amasezerano ahagarika imirwano hagati ya M23 n’ingabo za FARDC, yirangagijwe, bigatuma…

Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba yirukanywe

CG (Rtd) Emmanuel Gasana wari Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba  yahagaritswe kuri iyo mirimo. Itangazo riturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe rivuga…

Umunyamakuru Manirakiza yoherejwe gufungirwa i Mageragere

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko umunyamakuru Manirakiza Théogène, nyiri Ukwezi TV, afungwa by’agateganyo mu gihe cy’iminsi 30 ari muri…

Congo yahamije ko yiboneye n’amaso u Rwanda rufasha M23

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasohoye itangazo rivuga ko u Rwanda rukomeje kuyishotora aho ikoresheje udutege duto "Drones" biboneye n'amaso…

Perezida Kagame yitabiriye inama muri Arabie Saoudite – AMAFOTO

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu,Village Urugwiro bitangaza ko Perezida Paul Kagame ari i Riyadh muri Arabie Saoudite mu nama mpuzamahanga. Ni inama…

Inteko Ishingamategeko yasabye ko raporo ya HRW isesengurwa vuba na bwangu

Inteko Rusange ya Sena n'iy'Umutwe w'Abadepite yafashe umwanzuro wo gusaba komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane n’umutekano mu mitwe yombi gusesengura raporo…

Rwanda: Ingo zifite amashanyarazi zarenze Miliyoni ebyiri.

Sosiyete y’u Rwanda Ishinzwe Ingufu ,REG,yatangaje ko  kugeza ubu ingo zifite amashanyarazi  mu Rwanda zimaze kugera kuri miliyoni 2.5, zingana…