U Rwanda n’u Bufaransa kuri uyu wa mbere tariki ya 30 Ukwakira 2023,bagiranye amasezerano y’ubufatanye agamije kwagura ibitaro bya Ruhengeri…
Dr Gamariel Mbonimana weguye nk’Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda kubera ubusinzi, agiye kumurika igitabo gishishikarizaa urubyiruko kureka ibiyobyabwenge.…
Mu nama y’i Brazzaville yigaga ku kurengera ibidukikije by’umwihariko amashyamba yo mu kibaya cya Congo, Perezida Tshisekedi wa RDCongo yongeye kwikoma…
Niyitegeka Gildas w’imyaka 41 wo mu Karere ka Burera, yafashe icyemezo cyo gusubukura amasomo, ubu akaba yigana n’umuhungu we mu …
UPDATE: Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'u Rwanda, Dr Vincent Biruta ni we wahagarariye u Rwanda mu nama y'i Brazzaville yiga ku…
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ku wa 27 Ukwakira 2023, rwafashe icyemezo cyo gufunga Kazungu Denis indi minsi 30 muri igorero…
Abafite inganda bafashijwe kubona inkunga yo kwiteza imbere n’ikigo cy’Igihugu cy’Ubushakashatsi n’Iterambere mu byerekeye inganda (NIRDA), barishimira ko bibutswe nyuma…
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano mboneragihugu,MINUBUMWE, itangaza ko ku wa 29 Ukwakira 2023,ihuriro rya 16 Unit Club Intwararumuri rizaba, rikazaganira ku…
Minisiteri y'Ububanyi n'amahanga yatangaje ko mu gihe cy'umwaka hari Abanyarwanda bagera muri 400 biganjemo abakobwa,batabawe bagiye gucuruzwa mu mahanga. Ibi…
Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo ku wa 26 Ukwakira 2023, rwategetse ko Harelimana Joseph uzwi nka Apôtre Yongwe afungwa iminsi 30…
Sign in to your account