TUYISHIMIRE RAYMOND

872 Articles

Impunzi ziri I Mahama mu gihirahiro nyuma yo gukurirwaho inkunga

Impunzi ziri mu nkambi ya Mahama, mu Karere ka Kirehe, zivuga ko zitazi icyerekezo cy’imibereho yazo nyuma yaho inkunga zari…

Gasabo: Umusore wibanaga ‘Gheto’ yasanzwe mu mugozi

Mu Murenge wa Jali mu Karere ka Gasabo haravugwa urupfu rw’umusore witwa Bagezigihe Claude w’imyaka 30 yasanzwe mu nzu yibanagamo…

Gicumbi: Abarezi bihaye umukoro wo kwita ku bana bafite ubumuga

Abahagarariye ibigo by'amashuri ari mu karere ka Gicumbi, abashinzwe uburezi ku rwego rw' imirenge, n' abahagarariye abafite ubumuga mu karere …

Umurundi wikomerekeje ngo atoherezwa iwabo, byarangiye u Rwanda rumutanze

Urwego rw'Ubugenzacyaha,RIB, rwashyikirije inzego z'umutekano z'u Burundi, Umurundi ukurikiranyweho kwiba arenga miliyoni 29 FBU. Bukeyeneza Jolis w’imyaka 30 akekwaho kwiba…

U Rwanda rwakuyeho viza ku Banyafurika

Perezida  Paul Kagame yatangaje ko u Rwanda rwakuriyeho viza ku banyafurika bose binjira mu gihugu. Yabitangaje  ku wa kane tariki…

Menya ibikubiye mu masezerano u Rwanda na Venezuela basinyanye

U Rwanda na Venezuela byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye ajyanye no gukuraho Viza z'abadiplomate ndetse n’iz'abakozi ba Leta. Gushyira umukono…

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Tanzania

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame kuri uyu wa Kane tariki ya 2 Ugushyingo 2023, yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa…

Dr Frank yatabarije itangazamakuru ryinjiriwe n’abashaka “Views”

Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije, akaba n’Umudepite mu nteko Ishingamategeko, Dr Habineza Frank yatangaje ko hifuzwa itangazamakuru rikora kinyamwuga,avuga…

UPDATE: Gahanga Ibisambo byakomerekeje abantu babiri

Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali,Superintendent of Police (SP) ) Sylvestre Twajamahoro, yabwiye UMUSEKE ko umuntu umwe mu bakekwaho gukora ubugizi…

Dr Kayumba yakatiwe imyaka ibiri y’igifungo gisubitse

Urukiko Rukuru rwahamije Kayumba Christopher icyaha cy’ubwinjiracyaha mu mu gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato, rumukatira gufungwa imyaka ibiri isubitse.…