TUYISHIMIRE RAYMOND

872 Articles

Ambasaderi Einat Weiss wa Israel yaganiriye n’Umunyamabanga Mukuru wa RIB

Ambasaderi mushya wa Leta ya Isiraheri (Israel) mu Rwanda, Einat Weiss, yaganiriye n’umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Col Jeannot Ruhunga.…

Cabo Delgado : Ibitero bya RDF ku byihebe byatumye bigezwa mu butabera

Ubutabera bwo muri Mozambique, mu ntara ya Cabo Delgado, buri gukurikirana bamwe  mu   bahoze mu mutwe w’iterabwoba nkuko ikinyamakuru Carta…

Hagiye gutangazwa umwanzuro wa nyuma ku kohereza abimukira mu Rwanda

Urukiko rw’Ikirenga mu Bwongereza, rwatangaje ku wa Gatatu w'icyumweru gitaha   ruzatangaza icyemezo cyarwo  kigaragaza niba guverinoma yaba  ikomeje umugambi wakomeje…

Gisagara: Umurambo w’umugabo wasanzwe mu giti

Mu Murenge wa Save,mu gishanga cya Rwasave ahazwi nko muri Cyezuburo, mu muhanda ugabanya Huye na Gisagara,bahasanze umurambo w’umugabo  uri…

Igisirikare cya Burkinafaso cyaje gukura amasomo ku Rwanda

Umugaba Mukuru w’Igisirikare cya Burkinafaso, Brig Gen Célestin SIMPORE, n’itsinda bari kumwe bari mu Rwanda mu rugendo rw’iminsi ibiri ,…

Amb. Claver Gatete yarahiriye inshingano  nshya  muri Loni

Ambasaderi Claver Gatete yarahiriye inshingano nshya  zo kuyobora Komisiyo y’Umuryango w’Abibumbye Ishinzwe Ubukungu muri Afurika. Ni indahiro yagiriye imbere y’Umunyamabanga…

Umukozi wa leta wafashwe yakira ruswa ya Miliyoni 25frw  yitabye urukiko

Kuri uyu wa Kane tariki ya 9 Ugushyingo 2023, ubushinjacyaha bwasabiye gufungwa iminsi 30 y’agateganyo Uwitonze Valens wari   umukozi mu…

U Burundi bwateguje M23 kuyicanaho umuriro

Igisirikare cy'u  Burundi cyatangaje ko kidashobora kwihanganira  ibikorwa umutwe wa M23 ukomeje  gukora , bibangamira ingabo z’u Burundi zagiye kugarura…

Ingabo z’u Burundi zahakanye gufatanya na Wazalendo mu kurwanya M23

Ingabo z’uBurundi zavuze ko nta bufatanye na buke zigeze zigirana n’umutwe wa Wazarendo, ufasha ingabo za Congo FARDC kurwanya umutwe…

Inyeshyamba zo muri Yemen zahanuye drone y’Amerika

Inyeshyamba z'aba Houthi zo muri Yemen zahanuye indege nto ya gisirikare itarimo umupilote (drone) y'Amerika, nkuko byavuzwe n'abategetsi b'Amerika hamwe…