TUYISHIMIRE RAYMOND

872 Articles

Ibitaro bya Nyarugenge byavuze ku musekirite wagiye mu mitsi n’umurwaza

Ibitaro bya Nyarugenge byatangaje ko hatangiye iperereza nyuma y'aho habaye gushyamirana hagati y’umurwaza n’ushinzwe umutekano kuri byo Bitaro. UMUSEKE wamenye…

Goma yongeye gucana  nyuma y’iminsi 5 iri  mu icuraburindi

Ikigo cya Virunga Energies gisanzwe gikwirakwiza umuriro mu mujyi wa Goma no mu nkengero zayo cyatangaje ko kuri ubu umujyi…

M23 yatabaje imiryango mpuzamahanga ku bwicanyi ishinja leta ya Congo

Umutwe wa M23 wasohoye itangazo  kuri uyu wa mbere tariki ya 13 Ugushyingo 2023, utabaza imiryango mpuzamahanga ,uvuga ko leta…

Ruhango: Urubyiruko rw’Abakorerabushake rurishimira kubaka igihugu

Urubyiruko rw'abakorerabushake bo mu karere ka Ruhango biyemeje gukomeza ubufatanye mu iterambere ry'abaturage aho bazakomeza gukora ibikorwa bitandukanye. Imyaka 10…

Abafite ubumuga bwo kutabona barasaba leta kubaka imihanda iborohereza

Abafite ubumuga bwo kutabona mu Rwanda, basabye leta gutekereza uko mu kubaka ibikorwaremezo birimo imihanda, bajaya babatekerezaho. Ni ubusabe batangaje ubwo…

Nduba : Inzu z’imiryango ituye mu manegeka zashyizweho ‘Towa”

Mu Murenge wa Nduba hamaze kubarurwa imiryango 800 igomba kwimuka bitarenze iki cyumweru , mu rwego rwo kubakura ahashyira ubuzima…

Perezida Kagame yagize akanya ko kuganira na Ndayishimiye mu nama y’i Riyadh

Perezida Paul Kagame, uw’u Burundi Evariste Ndayishimiye, uwa Mozambique Fiilip Nyusi na Hakainde Hichilema wa Zambia bagiranye ikiganiro. Ibiro by’Umukuru…

Rubavu: Uwakoraga uburobyi ku Kivu yapfuye nyuma yo gukomeretswa

Umugabo uri mu kigero cy’imyaka  25 wari usanzwe ukora uburobyi ku kiyaga cya Kivu, yitabye Imana nyuma yo gukomeretswa n’abagizi…

Ngoma : Abanyeshuri barenga 70 bajyanywe mu  Bitaro hakekwa ibiryo bihumanye

Abanyeshuri barenga 70 bo ku Rwunge rw’Amashuri rwa Gahushyi, ruherereye mu Murenge wa Rukira, Akarere ka Ngoma, bajyanywe kwa muganga…

Abafite ubumuga bwo kutabona  bagorwa nuko  inkoni yera itumizwa mu mahanga

Abafite ubumuga bwo kutabona mu Rwanda, baracyagowe no kubona inkoni zera kubera igiciro gihanitse bagasaba leta  gushaka uburyo bazibona bidasabye…