TUYISHIMIRE RAYMOND

872 Articles

Prince Kid ari he? Kugeza ubu ntaragezwa mu igororero

Urwego rw'Igihugu rushinzwe igorora (RCS) Rwanda Correctional Services, rwatangaje ko kugeza ubu Ishimwe Dieudonné (Prince Kid) ataragezwa mu igororero iryo…

Umusirikare w’Umurundi  bivugwa ko yapfiriye muri Congo yashyinguwe- AMAFOTO

Kuri uyu wa kane mu murwa mukuru wa Bujumbura nibwo hashyinguwe umusirikare mukuru mu ngabo z’uBurundi bivugwa ko yaguye mu…

U Rwanda rwakiriye izindi mpunzi 169 zivuye Libya

U Rwanda rwakiriye abimukira 169 baturutse muri Libya bafite inkomoko mu bihugu bitandukanye birimo Eritrea, Sudani, Ethiopia, Somalia na Sudani…

Polisi yatangiye  gushyira ibyapa ku mihanda biranga ahari ‘Camera’

Polisi y’Igihugu yatagiye  gushyira ibyapa biranga ahari Camera zo mu muhanda mu rwego rwo gukuraho urujijo. Hari hashize igihe abatwara…

Ruhango : Inyama yanize umugabo

Umugabo wo mu Murenge wa Byimana, AKagari ka Mpanda mu  Karere ka Ruhango yagiye kugura inyama ,ayiriye iramuniga,birangira yitabye Imana.…

Iminyorogoto ni ifumbire n’umuti wica udukoko twangiza ibihingwa

Abashakashatsi mu buhinzi babwiye UMUSEKE ko iminyorogoto igira uruhare rukomeye mu gutuma ifumbire  y’imborera imera neza ndetse ishobora gukora ifumbire…

Perezida wa Malawi n’abagize guverinoma baretse ingendo zo mu mahanga

Perezida wa Malawi, Lazarus Chakwela yakuyeho ingendo zo mu mahanga ku bagize Guverinoma, ndetse na we ubwe , anategeka ba Minisitiri …

Kohereza abimukira mu Rwanda byajemo kidobya, Guverinoma iti “bashingiye ku binyoma”

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ibyo Urukiko rw’Ikirenga mu Bwongereza rwashingiyeho rwanga ko abimukira binjiye muri iki gihugu binyuranyije n’amategeko…

Inyeshyamba za M23 zongeye gafata agace ka Kishishe kahozemo FDLR

Umutwe wa M23 uhanganye bikomeye n’ingabo za Congo,FARDC n’indi mitwe bafatanya, Ku wa kabiri tariki ya 14 Ugushyingo 2023,wigaruriye agace…

Perezida Kagame yasabye abacamanza kwirinda ubusumbane batanga ubutabera

Perezida Kagame yasabye abakora mu rwego rw’ubutabera kwirinda ubusumbane, abibutsa ko abantu bose bareshya imbere y’amategeko. Ni ubutumwa yageneye abari…