TUYISHIMIRE RAYMOND

872 Articles

Ingabo za EAC  zigiye guhambirizwa muri Congo

Mu nama  y’Abakuru b’ibihugu bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba, yaberaga  Arusha muri Tanzania, hanzuwe ko ingabo z’uyu muryango zigomba…

Bugesera: Abatuye ku kirwa cya Sharita barisabira  kwimurwa

Imiryango isaga 70 ituye mu Kirwa cya Sharita kiri mu Murenge wa Rweru mu karere ka Bugesera irasaba kwimurwa aha…

‘Ni satani wateye Itorero’ Zion Temple ivuga ku bayigumuyeho

Itorero rya Zion Temple Celebration Center, rivuga ko abashatse kweguza umuyobozi Mukuru w’iri torero ari satani wateye itorero, risaba ko…

Urukiko rwanze ikirego cyeguza Intumwa y’Imana Dr Gitwaza

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwategetse ko ikirego gisaba ko umuyobozi Mukuru w’itorero Zion Temple   Apôtre Dr Paul Gitwaza yeguzwa kitakikiwe.…

Somalie yabaye umunyamuryango wa EAC- AMAFOTO

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Ugushyingo 2023, Somalie yabaye umunyamuryango mushya wa Afurika y’Iburasirazuba, u Rwanda ruyiha ikaze.…

Umusore yigize umukobwa ngo ahabwe akazi ko mu rugo

Umusore w’imyaka 17 y’amavuko yiyoberanya yiyita umukobwa, agenda mu ngo asaba akazi ko kurera abana, ariko abarimo gucunga umutekano baza…

EAC igiye gusasa inzobe  ku mutekano wa Congo

Mu nama y’Abakuru b’Ibihugu bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba ibera Arusha muri Tanzania, bariga ku ngingo ijyanye n’amasezerano ya…

Minisitiri w’Intebe yahagarariye Perezida Kagame mu nama ya EAC – AMAFOTO

Kuri uyu wa Kane, i Arusha muri Tanzania hatangijwe inama y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba. Imwe mu ngingo…

Abitabiriye irushanwa ryatangijwe  na Jack Ma bakabije inzozi

Abanyarwanda bitabiriye  irushanwa ryitwa ‘Africa’s Business Heroes, ABH’,  rifasha ba rwiyemezamirimo bato gukabya inzozi, bashimye ayo bahirwe bahawe, bavuga ko…

Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul yarajuriye

Umunyamakuru wigenga, Nkundineza Jean Paul, yajuririye icyemezo kimufunga iminsi 30 y’agateganyo. Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge  ku wa 7 Ugushyingo 2023…