TUYISHIMIRE RAYMOND

872 Articles

‘Master Fire’ wari umaze hafi ½ cy’ubuzima bwe yiga Kaminuza yayisoje

Master Fire ni izina ry’ubuhanzi, ubusanzwe yitwa Hakizimana Innocent, ari mu byishimo nyuma y’uko ageze ku ntego ye, aho kuri…

Muri Kaminuza y’u Rwanda habonetse uruhinja rwapfuye

Muri Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Huye habonetse uruhinja rwapfuye nyuma yo kujugunywa ahashyirwa imyanda (poubelle). Urwo ruhinja rwagaragaye hafi…

RDC: M23 yashinje amahanga guceceka ku bwicanyi bwibasiye abaturage

Umutwe wa M23 wavuze ko amahanga akomeje guceceka ku bwicanyi bukomeje kwibasira abaturage, buri gukorwa n’ingabo za leta,FARDC, n’imitwe ndetse…

Umukecuru w’imyaka 70 yabyaye impanga

Uganda: Umukecuru w’imyaka 70 yabyaye impanga hakoreshejwe ikoranabuhanga rya IVF ryo gutera abantu intanga. Safina Namukwaya yabyaye umuhungu n’umukobwa abanje…

Perezida Kagame ari i Dubai mu nama ya COP28

Perezida Paul Kagame ari i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z'Abarabu aho yitabiriye inama y'Umuryango w'Abibumbye yiga ku mihindagurikire y'ikirere…

EU yikuye mu ndorerezi z’amatora yo muri RDCongo

 Umuryango w'Ubumwe bw'Uburayi (UE/EU wamaze gutangaza ko wikuye mu ndorerezi z’amatora nkuko byari biteganyijwe kubera impamvu bita ko “ari iza…

Huye: Abajura bibye Kiliziya igikoresho kibikwamo ‘Ukarisitiya’

Abantu bataramenyekana bibye igikoresho kibikwamo ukarisitiya,Taberinakuro (tabernacle) yo muri Chappelle y’Ikigo cyita ku basheshe akanguhe gicungwa n’ababikira b’Abizeramariya i Tumba…

Antonio Guteres yashimye ubuhuza bwa Amerika hagati ya Congo n’u Rwanda

Umunyamabanga Mukuru wa ONU, António Guterres  ndetse Umuyobozi wa Komisiyo ya AU, Moussa Faki Mahamat, bashimye ubuhuza bwa Amerika ku makimbirane ari hagati…

Inama y’Abaminisitiri yashyizeho umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubutaka

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Ugushyingo 2023, iyobowe na Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente ,…

RDC: M23 yakozanyijeho n’Abacanshuro

Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Ugushyingo 2023, M23 yarasanye n’abacanshuro bari ku…