Minisiteri y’Ubutabera yatangaje ko hashimwa intambwe imaze guterwa mu kubahiriza uburenganzira bwa muntu gusa ivuga ko ibyaha bikorwa bimwe na…
Igisirikare cy’u Rwanda cyakiriye ku mugaragaro abasirikare bashya mu Ngabo z’u Rwanda (RDF), basoje imyitozo y’amezi arindwi yaberaga mu kigo…
Alain Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe w’uBurundi, yari amaze igihe afunzwe yashinjwe ibyaha birindwi,urukiko rumukatira gufungwa burundu. Ni umugabo wari…
Minisiteri y’Ubuzima Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 8 Ukuboza 2023, ku bufatanye n’ikigega cy’Abanyamerika cy’Iterambere,USAID,batangije imishinga ibiri,” Ireme na…
Gasabo: Imodoka y’abashinzwe umutekano mu Murenge wa Kimironko mu Karere ka Gasabo yarenze umuhanda ikora impanuka, abari bayirimo barakomereka. Ibi…
Umutwe w'ingabo z'umuryango w'Afurika y'uburasirazuba zari zoherejwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (EACRF), uvuga ko ingabo z'u Burundi n'iza…
Kayonza: Ikigo gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi, RAB, cyafashe ingamba zijyanye no kwirinda indwara y’uburenge yibasiye amatungo yo mu Mirenge igize…
Amakuru ava muri RD.Congo aremeza ko umutwe wa M23 wamaze gufata agace ka Mushaki, kari muri Teritwari ya Masisi, mu…
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul akomeza gufungwa. . Nkundineza Jean Paul akurikiranyweho ibyaha byo gutukanira…
Ubushakashatsi ku gipimo cya ruswa mu Rwanda bukorwa buri mwaka n’Umuryango Urwanya Ruswa n’Akarengane, Ishami ry’u Rwanda , Transparency International…
Sign in to your account