NKURUNZIZA Jean Baptiste

95 Articles

Dr. Kalinda uheruka kwinjira muri Sena ni na we utorewe kuyiyobora

Sena y'u Rwanda yabonye Perezida mushya usimbuye Dr Augustin Iyamuremye weguye, ni Dr. Kalinda Francois Xavier watowe akimara kurahirira kuba…

Ingabo z’u Rwanda zatangiye kwambara amapeti mu gituza

Ingabo z'u Rwanda (RDF) zavuguruye uburyo bwo kwambara amapeti ku myambaro isanzwe, aho kwambarwa ku ntugu akazajya yambarwa mu gituza. …

Umusirikare wishe umugore bapfuye 6900 Frw yahawe imyaka 15 y’igifungo

GICUMBI: Urukiko rwa Gisirikare rwakatiye Cpl Turikumwe igifungo cy’imyaka 15 no kwamburwa impeta za gisirikare nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo…

Kwipimisha Covid-19 ku bagenzi bajya n’abava i Burundi byakuweho

Guverinoma y’u Burundi yakuyeho icyemezo cyo kubanza kwipimisha Covid-19 ku bagenzi bajya muri iki gihugu, ibintu byakiriwe neza n’Abanyarwanda basabwaga…

Perezida Kagame yagennye Senateri usimbura Dr Iyamuremye Augustin

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yashyize Dr Francois Xavier Kalinda muri Sena y’u Rwanda asimbuye Dr Iyamuremye Augustin…

Kuri Rutangarwamaboko, Turahirwa Moses yakoze “ubuhoni” ahindanya umuco

Umupfumu, Muganga Rutangarwamaboko yaneguye abakomeje guhindanya u Rwanda n’umuco warwo bakoresheje ijambo Kwaanda binyuze mu buhoni bw’ubutinganyi, asabira ibihano bikakaye…

Imiti “ivugwaho kongera” igitsina yabujijwe gucururizwa mu Rwanda

Ikigo gishinzwe kugenzura ibiribwa n’imiti mu Rwanda (Rwanda FDA) cyahagaritse imiti ikoreshwa mukongerera abagabo igitsina nyuma yo gusanga itujuje ubuziranenge,…

Gasabo: Umugabo yatemye umugore we ajya kwirega kuri Polisi

Umugabo wo mu murenge wa Jabana, mu karere ka Gasabo arakekwaho kwica umugore we amutemye mu mutwe, ajya kwirega kuri…

Rubavu: Umugabo yishe mushiki we ahita amushyingura

Umugabo w’imyaka 45 wo mu murenge wa Nyamyumba mu karere ka Rubavu yishe mushiki we w’imyaka 47 babanaga amuziza isambu,…

Hakenewe miliyoni 150Frw zo gusana ikiraro gihuza Kamonyi na Ruhango

Abaturage bo mu Murenge wa Nyarubaka mu Karere ka Kamonyi na Mbuye muri Ruhango bari mu bwigunge, nyuma y’uko ikiraro…