NDEKEZI Johnson

914 Articles

Abanyarwanda basabwa kudatererana abangavu baterwa inda z’imburagihe

Bamwe mu bangavu babyaye inda z’imburagihe basaba ko buri munyarwanda yagira uruhare mu guhangana n'ihohoterwa bahura naryo nyuma yo kwibaruka.…

Abacuruzi bihanangirijwe kuzamura ibiciro uko bishakiye

Mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’ihiganwa mu bucuruzi, Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge, ihiganwa mu bucuruzi no kurengera umuguzi ( RICA)…

Nyanza: Umukuru w’umudugudu arafunzwe, ushinzwe umutekano na we arashakishwa

Umukuru w'umudugudu n'ushinzwe umutekano bo mudugudu wa Gatongati mu kagari ka Mututu mu murenge wa Kibirizi mu karere ka Nyanza…

Ibyo wamenya ku Kibazo cy’imihindagurikire y’ibihe cyugarije Isi

Inyandiko yanditswe na: NDWANIYE Yvan Ikibazo cy’imihindagurika y’ikirere, kugeza ubu gihangayikishije abatuye isi bitewe n’ingaruka zikomeye gitera ikiremwa muntu, cyangwa…

Healing Worship Team itegerejwe mu gitaramo gikomeye i Bumbogo

Itsinda ryo kuramya no guhimbaza Imana rya Healing Worship Team ryatumiwe mu gitaramo cyo gusoza icyumweru cyahariwe ivugabutumwa mu Itorero…

Abagore bo mu Rwanda bagiye gufashwa guhangana n’ihindagurika ry’ibihe

Umuryango Nyarwanda w'Isangano ry'Abagore baharanira Amajyambere y'Icyaro ugaragaza ko abagore basigajwe inyuma mu bikorwa byo kubungabunga ibidukikije kandi akaba ari…

Béatrice Munyenyezi yihannye Umucamanza avuga ko nta butabera amutezeho

Béatrice Munyenyezi uregwa ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi 1994, yihannye umwe mu bacamanza bamuburashiga avuga ko nta butabera amutezeho. Saa…

Ubwongereza bwafatiye ibihano uwahoze ayobora Polisi ya Uganda

Gen Kale Kayihura wahoze ayobora Polisi ya Uganda, yafatiwe ibihano n'Ubwongereza kubera uruhare yagize mu kuyobora urwego rwakoze ibyaha bibangamiye…

Gicumbi: Umugore arashinjwa gusambanya umwana w’umuhungu akamutera imitezi

Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbiye rwa Gicumbi, ku wa 07 Ukuboza 2022, bwagejeje imbere y'Urukiko Rwisumbuye rwa Gicumbi umugore ukurikiranyweho icyaha…

Rwamagana: Imiryango 30 igiye kurya iminsi mikuru ibana byemewe n’amategeko

Imwe mu miryango yo mu Murenge wa Munyiginya mu Karere ka Rwamagana, igiye kwizihiza iminsi mikuru iri mu munyenga wo…