NDEKEZI Johnson

914 Articles

Ingurube ni nk’uruganda- Ab’i Ngororero barishimira ko zabahinduriye imibereho

Aborojwe ingurube n'umushinga wa PRISM bo mu Karere ka Ngororero ,Umurenge wa Nyange mu Kagari ka Gaseke, barishimira ko imibereho…

Umuyobozi wagaragaye asambanira mu ruhame arafunzwe

Umuyobozi mu Karere ka Nyamagabe ushinzwe kubika amakuru (Data Manager) ugaragara mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga rwahanye inkoyoyo nk'usambanira…

Gicumbi: Umunyeshuri wa UTAB birakekwa ko yishwe

Umunyeshuri wigaga muri University of Arts and Technology of Byumba (UTAB), mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu yasanzwe amanitse…

Hafi y’aho baheruka kunigira Mwarimu Rucagu, bahiciye umuntu

Polisi ivuga ko uyu wapfuye yari "igisambo cyarwanye na bigenzi bye" Umuryango wa nyakwigendera wabwiye UMUSEKE ko uwapfuye "yari umunyeshuri…

Ubutumwa bw’abayobozi mu nzego nkuru z’igihugu mu #Kwibuka29

Mu gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994, bamwe mu bayobozi mu…

Abanyamadini basabwe komora abafite ihungabana ryatewe na Jenoside

Umuryango wa Gikirisitu ukora ibijyanye n’Isanamitima, Ubumwe n’Ubwiyunge, Rabagirana Ministries, wasabye amadini n'amatorero kongera imbaraga mu bikorwa byo kwibuka Jenoside…

Ibigo byatanze serivisi inoze byahawe ibihembo – AMAFOTO

Consumers Choice Awards ni ibihembo bitangwa n’ikigo gisanzwe gikora ibikorwa byo guhemba abantu n’ibigo mu nzego zitandukanye cya Kalisimbi Events,…

Barasaba ko igihe cyo kumara ibikoresho bya Pulasitiki mu bubiko cyongerwa

Kuri uyu wa kabiri ubwo ikigo cy’igihugu cyo kubungabunga ibidukikije (REMA) cyakoraga ubukangurambaga bwo kurwanya no guca ibikoresho bikoze muri…

Gicumbi: Korozanya inkoko byitezweho kurwanya igwingira

Abaturage bo mu Murenge wa Rwamiko mu karere ka Gicumbi bahawe inkoko ngo bikure mu bukene bukabije, bavuga ko mbere…

MINUBUMWE yagaragaje uko Kwibuka ku nshuro ya 29 bizakorwa

Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu (MINUBUMWE), yashyize hanze amabwiriza agamije gusobanura imigendekere y’ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside…