NDEKEZI Johnson

914 Articles

Hari gusuzumwa amabwiriza azorohereza inganda z’imyenda muri Afurika

Ibihungu 16 bihuriye mu Muryango Nyafurika ushinzwe Ubuziranenge (ARSO) biteraniye mu Rwanda byigira hamwe ishyirwaho ry'amabwiriza y'ubuziranenge ahuriweho ku rwego…

Zion Mukasa yamuritse filime mbarankuru yise “Umuganda”

Zion Sulaiman Mukasa Matovu, umwanditsi, umukinnyi n’umuyobozi wa filime, yamuritse filime mbarankuru yise “Umuganda”, igaragaza ko ukomoka mu muco w’Abanyarwanda…

Abubatsi b’amahoro baturutse mu bihugu 16 bateraniye i Kigali

Abubatsi b'amahoro (abaharanira ko amahoro aganza mu Isi) baturutse mu buhugu 16 bahuriye i Kigali mu Rwanda mu gikorwa cyo…

Imbabura 14,000 zitangiza ibidukikije zigiye gukwirakwizwa mu baturage

Imbabura zigezweho zisaga ibihumbi 14 zigiye gukwirakwizwa mu baturage, cyane cyane abo mu Turere twa Rubavu na Rutsiro, muri gahunda…

Abo muri Green Party bibukijwe kwitabira gahunda za Leta

Depite Icyizanye Masozera Jacky yasabye abarwanashyaka ba Green Party mu Karere ka Gicumbi gukomeza kwitabira gahunda za Leta, harimo no…

Bugesera: Hasojwe icyumweru cy’Umujyanama banasana umuhanda

Mu Murenge wa Ntarama, mu Karere ka Bugesera, hasorejwe Icyumweru cy’Umujyanama cyari cyatangirijwe mu wa Mwogo ku wa 21 Gashyantare…

Ados Muzika na Skilibombe bahuje imbaraga mu ndirimbo nshya

Umuhanzi Nyarwanda Ados Muzika ukorera umuziki muri Pologne yasohoye indirimbo “Imirimo ya Big Boy” yakoranye na Skilibombe, avuga ko ari…

Kigali: Hafunguwe ikigo cy’ubushakashatsi mu ikoranabuhanga

Mu Mujyi wa Kigali hafunguwe ikigo cy’ubushakashatsi mu ikoranabuhanga, kizajya gifasha urubyiruko ruhanga udushya kugera ku nzozi zarwo zo kubivanamo…

Man Martin agiye gutaramira mu Buyapani

Mani Martin ategerejwe mu bitaramo birenga bibiri bizabera mu Buyapani, ndetse akumvisha abakunzi be bazabyitabira album nshya yise ‘Rebirth’. Ibi…

TdRwanda2026: Uwiduhaye yahembwe nk’umukinnyi wayoboye isiganwa igihe kirekire

Umunya-Israel Einhorn Itamar yegukanye agace ka gatandatu ka Tour du Rwanda 2026, Uwiduhaye Mike, ukinira Benediction Cycling Club, wayoboye isiganwa…