NDEKEZI Johnson

914 Articles

Dr Ngirente yageze i Burundi mu nama yiga ku mutekano wa Congo

Minisitiri w’Intebe w'u Rwanda, Dr Edouard Ngirente, yageze i Bujumbura mu Burundi aho yagiye guhagararira Perezida Paul Kagame mu nama…

Impuruza ku mutwe wo muri Congo witwara nk’Interahamwe zoretse u Rwanda

Amahanga yahurujwe guhagarika ubwicanyi bwa kinyamaswa bukorwa n'ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro rya 'Wazalendo' (abiteguye kwitangira igihugu) bafatwa nk'Interahamwe zoretse u…

Papa Francis yashenguwe n’Abanyarwanda 130 bishwe n’ibiza

Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku Isi, Papa Francis, yashenguwe n’Abanyarwanda 130 bitabye Imana bazize ibiza byibasiriye ibice bitandukanye by'Igihugu, avuga…

Perezida Kagame yitabiriye iyimikwa ry’umwami w’u Bwongereza

Umukuru w'u Rwanda, Paul Kagame n'umufasha we Jeannette Kagame, bari mu Bwongereza aho bitabiriye umuhango wo kwimika Umwami Charles III.…

Urubyiruko rw’aba-Islam ruteraniye mu Rwanda rwiyemeje guhangana n’iterabwoba

Urubyiruko rw’Abayisilamu rwo mu bihugu 40 byo ku Mugabane wa Afurika, rwitabiriye amarushanwa yo gusoma igitabo Gitagatifu cya Korowani, ruratangaza…

UPDATED: Umubare w’abahitanywe n’ibiza umaze kugera ku 130

Kuri uyu wa 04 Gicurasi 2023, Guverinoma yatangaje ko umubare w'abahitanywe n'ibiza umaze kugera ku bantu 130. Umuvugizi Wungirije wa…

Padiri Wenceslas Munyeshyaka yirukanwe mu mirimo ya Kiliziya

Mu itangazo UMUSEKE ufitiye kopi rishimangira ko Nyirubutungane Papa Francis yirukanye burundu ku mirimo Padiri Wenceslas Munyeshyaka. Ni Itangazo ryagiye…

Umuganga ushinjwa kwica no gusambanya umwana yasabiwe igihano gikomeye

MUSANZE: Ubushinjacyaha bwagejeje imbere y'Urukiko Rukuru Urugereko rwa Musanze Umuganga witwa Maniriho Jean de Dieu, ushinjwa gusambanya umwana w'imyaka 17…

Uganda: Minisitiri yarashwe mu cyico

Umusirikare mu ngabo za Uganda, UPDF yarashe mu cyico Minisitiri wungirije w'uburinganire n'umurimo yari acungiye umutekano. Colonel ( Rtd) Charles…

António Guterres ategerejwe i Burundi mu nama rukokoma kuri Congo

Umunyamabanga Mukuru wa ONU, António Guterres ategerejwe i Bujumbura mu Burundi mu nama rukokoma yiga ku mutekano n'amahoro byabaye ndanze…