NDEKEZI Johnson

914 Articles

Theo Bosebabireba yatumiwe mu giterane cyo kurwanya ibiyobyabwenge i Burera

Theo Bosebabireba uri mu bahanzi bafite ibihangano bihembura benshi, yatumiwe mu giterane cyo kurwanya ibiyobyabwenge mu Karere ka Burera, cyateguwe…

Ubuziranenge bw’ibiribwa bwagaragajwe nk’intwaro mu kongera abasura u Rwanda

Abakora mu ruhererekane nyongeragaciro rw'ibiribwa no mu mahoteli bavuga ko kugera ku gipimo cyifuzwa cy'ubuziranenge rw'ibiribwa ari intambwe yo kongera…

Abana bahize abandi mu marushanwa yo kwandika bahawe umukoro

Abana 48 bo mu mashuri abanza n'ayisumbuye mu barenga 1000 bitabiriye amarushanwa yo kwandika ibitekerezo bishingiye ku buzima bwo mu…

Perezida Kagame yitabiriye irahira rya Recep Tayyip Erdoğan

Perezida was Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yageze i Ankara muri Turukiya ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu tariki…

Umunyarwanda anywa Litiro 72 z’amata mu mwaka wose

Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, MINAGRI, yashimangiye ko ikigereranyo cyo kunywa amata ku Munyarwanda kigeze kuri litiro 72 ku mwaka aho bifasha…

U Rwanda rugiye kwakira ibihembo n’iserukiramuco byateguwe na Trace Africa

Televiziyo mpuzamahanga y'Imyidagaduro ya Trace Africa ku bufatanye n'Ikigo cy'Igihugu cy'Iterambere, RDB binyuze muri gahunda ya Visit Rwanda bemeje ko…

Umunsi w’igitaramo cya James na Daniella wahindutse

Itsinda rikora umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana, James & Daniella, ryahinduye amatariki y'igitaramo cyo gusangiza ibyishimo abantu 1000. Ni…

Nyagatare: Guha abana amata ku ishuri byazamuye imyigire

Nyuma y’aho hatangirijwe gahunda yo guha abana amata muri Gs Tabagwe  mu Murenge wa Tabagwe mu Karere Ka Nyagatare, abarezi…

Minisitiri w’u Burusiya yagiye gukomeza amaboko i Burundi-AMAFOTO

Kuri uyu wa kabiri, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Uburusiya Sergei Lavrov yagiriye uruzinduko mu gihugu cy'u Burundi rugamije gukomeza amaboko no…

Abadepite mu baturage, Barasura inganda nto n’iziciriritse

Abadepite bakomeje ingendo mu Turere, aho bakora inama nyuma bagasura ibikorwa bakareba ko ibibazo by'abaturage byakemuwe, n'uko ibikorwa byerekeranye n’ubukerarugendo…