NDEKEZI Johnson

914 Articles

Burera: Urubyiruko rwasabwe kurangwa n’umuco w’ubutore

Kuri uyu wa 15 Nyakanga 2023, mu kigo cy'Ubutore cya Nkumba mu Karere ka Burera, hatangijwe icyiciro cya 13 cy’itorero…

Umurambo wa Sgt Tabaro Eustache wagejejwe mu Rwanda

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyatangaje ko umurambo wa Sergeant Tabaro Eustache, waguye mu butumwa bw’amahoro bwa Loni muri Santarafurika wageze…

Umuhanzi Emmy yahishuye inzozi afite muri Gospel-VIDEO

Umuhanzi w'indirimbo zo guhimbaza Imana uzwi nka Twagirumukiza Emmy yahishuye ko afite inzozi zo kwagura Ubwami bw'Imana kugeza kumpera y'Isi.…

Polisi y’u Rwanda yungutse aba-Ofisiye bato 501-AMAFOTO

Polisi y’u Rwanda, kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 14 Nyakanga 2023, yungutse aba-Ofisiye bato 501, barimo ab’igitsina gore 96,…

Mgr Ntivuguruzwa yasabye abanyeshuri gutanaga mu mfuruka zose z’ubuzima

KAMONYI : Ubwo Ishuri rya Fr. Ramon Kabuga TVET School ryizihizaga isabukuru y’imyaka 26 rimaze rishinzwe, Umushumba wa Diyosezi ya…

M23 yongeye gusabwa kurambika intwaro mbere y’ibiganiro na Guverinoma

Umuhuza wagenwe n’Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba mu bibazo bya Congo, Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya, yasabye inyeshyamba zirangajwe imbere…

Umunyonzi yegukanye moto mu isiganwa ryateguwe na ‘A Light to the Nations’

BUGESERA: Hakizimana Eric usanzwe ari umunyonzi mu Karere ka Bugesera yegukanye moto mu isiganwa ry’abanyonzi hagamijwe kubakangurira kwirinda ibiyobyabwenge, ryateguwe…

Havuguswe umuti ku kibazo cy’inkoko zapfaga umusubirizo

Mu Rwanda hatangijwe uburyo bwo gukingira inkoko inshuro imwe zikiri imishwi mu rwego rwo guhangana n'impfu z'umusubirizo zaterwaga n'inkingo nyinshi…

Bishop Rugagi yakiriwe nk’umwami i Nairobi-AMAFOTO

Dr Bishop Rugagi Innocent yakiranywe urugwiro i Nairobi muri Kenya, aho ategerejwe mu giterane gikomeye cyiswe "Revival Fire in Kenya."…

Ibihugu 15 bigiye guhurira i Kigali mu iserukiramuco rya Ubumuntu Arts Festival

Iserukiramuco “Ubumuntu Art Festival rigiye guhuriza hamwe i Kigali Ibihugu bigera kuri 15 ku nshuro yayo ya cyenda aho rizamara…