NDEKEZI Johnson

914 Articles

Kwinjira mu gitaramo cya Shalom Choir yatumiyemo Mbonyi ni ubuntu

Ubuyobozi bwa Shalom Choir yo mu Itorero ADEPR bwatangaje ko kwinjira byagizwe ubuntu mu gitaramo kigamije kwigisha abantu ko nta…

Fine Fm yarezwe gutesha agaciro amasezerano

Rurageretse hagati ya Ineza Life Center Lt ihagarariwe na Niyonkuru Meschak na Radiyo ya Fine Fm na Rutayisire Mushaija Donath…

Ntabwo wayobora abantu ngo bagutere ubwoba – Kagame

Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro ya Dr. Jimmy Gasore Minisitiri w’Ibikorwa Remezo mushya, amusaba kudaterwa ubwoba na bamwe mu bayobozi…

Gahunda y’ingendo z’abanyeshuri yatangajwe

Ikigo cy’igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyasohoye gahunda y’uko abanyeshuri bazajya ku ishuri hashingiwe ku ngengabihe y’amasomo ya Minisiteri…

Umujene usenga ntiyabona umwanya wo kujya gusambana

Urubyiruko rwo muri Diyoseze Gatolika ya Butare mu isozwa ry'Ihuriro ry'iminsi ine rwagiriye muri Paruwasi ya Kiruhura rwahanuye abishora mu…

JHF Rwanda igiye kumurika imideli mishya muri Kivu Fashion Week

Inzu Nyarwanda y’imideli, JHF Rwanda igiye kumurika imyambaro yayo mu birori mpuzamahanga bya Kivu Fashion Week 2023, bizabera i Goma…

Ibyo iperereza rimaze gutahura kuri Kazungu Denis

Kazungu Denis w’imyaka 34 y’amavuko, ni umuturage wo mu Mudugudu wa Gashikiri, Akagari ka Busanza, Umurenge wa Kanombe, mu Karere…

Amanota y’ibizamini bya Leta yasohotse

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ibyavuye mu bizamini bya Leta by’abasoje amashuri abanza n’abarangije icyiciro rusange cy’ayisumbuye, aho mu mashuri abanza batsinze…

Burera: Insoresore zahondaguye abasekirite

Mu Murenge wa Rugengabari mu Karere ka Burera insoresore zitwaje intwaro gakondo zirimo imihoro n'amahiri ziraye mu basekirite barinda ibirombe…

Gisenyi: Ubujura buravuza ubuhuha

Abatuye n'abatembera Umujyi wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu baravuga ko barembejwe n'ubujura bukorwa n'abana n'insoresore ku manywa y'ihangu, ugerageje…