NDEKEZI Johnson

914 Articles

UPDATE: Umuturage w’i Rubavu yakomerekejwe n’isasu

Umuturage witwa Hagumimana Pierre wo mu Karere ka Rubavu yakomerekejwe n'isasu, amakuru avuga ko yari ku butaka bw'urubibi hagati y'u…

Rubavu: Bacaniriye amazi yanga gushya abanyeshuri barabwirirwa

Ku ishuri rya C.S Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu barataka inzara nyuma y'uko habaye ibisa n'amayobera ubwo abatetsi bacanaga umuriro…

Hari abagore bapyinagaza abagabo bitwikiriye uburinganire

Bamwe mu bagore bo mu Karere ka Musanze basabye bagenzi babo bumvise nabi ihame ry'uburinganire n'iterambere, kutabyitwaza ngo basuzugure abagabo…

M23 yashyizeho amabwiriza akakaye mu bice iyobora

Umutwe wa M23 washyizeho amasaha ntarengwa y'akazi n'ingendo mu bice bya Teritwari za Nyiragongo, Rutshuru n'ahandi hose wambuye ubutegetsi bwa…

Urukiko rurinda Itegeko Nshinga rwemeje kandidatire ya Moïse Katumbi

Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga rya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, rwatangaje ko kandidatire ya Moïse Katumbi, yemewe akaziyamamariza kuyobora…

Kigali: Hari abadakozwa kurara mu macumbi arimo udukingirizo

Gukoresha agakingirizo ni bumwe mu buryo bwifashishwa mu kurwanya virusi itera sida, indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina ndetse n’inda zitifuzwa,…

Abarimu 700 bagiye kunoza imyigishirize binyuze mu ikoranabuhanga

Abarimu 700 bigisha imibare na siyanse baturutse mu Turere 14 bahawe impamyabumenyi mpuzamahanga mw'ikoranabuhanga izwi kw'izina rya ICDL, ni nyuma…

Agahinda k’abagore bafashwe kungufu na Twahirwa muri Jenoside

Mu rubanza ruri kubera mu Rukiko rwa Rubanda mu Bubiligi ruburanisha abagabo babiri barimo Twahirwa Séraphin ndetse na Pierre Basabose,…

Abagore basabwe gukaza ingamba mu kurengera ibidukikije

Kuri uyu wa 27 Ukwakira 2023 urugaga  rw'abagore bo mu Ntara y'Amajyarugu bo mu ishyaka riharanira kurengera no kubungabunga ibidukikije…

Abatabasha kubona ‘cotex’ bari mu mihango bashyizwe igorora

Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda yerekanye ko muri miliyoni 13 zituye igihugu, Abanyarwandakazi ari 6.695.000 . Muri aba si…