NDEKEZI Johnson

914 Articles

Gukaraba intoki uko bikwiye byakurinda indwara zirimo n’izica

Inzobere mu buzima zigaragaza ko gukaraba intoki hakoreshejwe amazi meza n'isabune ari imwe mu ngamba z'ingenzi zafasha kwirinda indwara zica…

Nomthie Sibisi yateguje igitaramo cy’akataraboneka i Kigali

Umuhanzi mu ndirimbo zisingiza Imana ukomoka mu gihugu cya Afurika y'Epfo, Nomthie Sibisi yateguje ibihe bidasanzwe mu igitaramo cyateguwe n'itsinda…

Namibia yateye utwatsi ibyo kohereza ingabo muri Congo

Perezida wa Namibia, Hage Geingob yashimangiye ko igihugu cye kitazohereza ingabo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu rwego rw'ubutumwa…

Mu rubanza rwa Dr Munyemana havuzwe ku bikoresho byasanzwe aharoshywe Abatutsi

Dr Sosthène Munyemana ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi, 1994 uri kuburanishwa mu Rukiko rwa Rubanda mu Bufaransa, mu buhamya…

Kamonyi: Abahinzi bongerewe ubumenyi none umusaruro wikubye kabiri

Abahinzi b'imboga n'ibigori mu buryo bwa kijyambere bahuriye muri koperative ya COMALEKA mu Murenge wa Karama, Akarere ka Kamonyi, bavuga…

Abagera ku 120 basoje amasomo y’igihe gito abafungurira amahirwe y’akazi

Abasore n'inkumi 120 barangije amasomo y’igihe gito atangwa binyuze mu mushinga wa"YouthCan" ukorera muri SOS Children's Village Rwanda, bahawe impamyabushobozi,…

Kamonyi: Imbamutima z’abahinzi bahawe ubuhunikiro bugezweho

Mu Murenge wa Rugarika mu Karere ka Kamonyi hatashywe ubuhunikiro bw'imyaka, bufite ubushobozi bwo kwakira umusaruro w'abahinzi ntiwangirike mbere yo…

Burera: Babiri bafatanywe ibicuruzwa bitemewe mu gihugu

Polisi y'u Rwanda ikorera mu Karere ka Burera ku bufatanye n'abaturage, yataye muri yombi abantu babiri bari binjije ibicuruzwa bitemewe…

FARDC yarasanye na Wazalendo muri Goma

Ijoro ryakeye ryabereye inzira y'umusaraba abatuye Umujyi wa Goma kubera urusaku rw’amasasu rwumvikanye mu duce dutandukanye twawo rwakuruwe n'imirwano hagati…

Urubyiruko rurasabwa gukora imishinga iharanira amahoro mu karere k’ibiyaga bigari

Mu gihe mu karere k’ibiyaga bigari hakunze kurangwa umutekano muke n’intambara kandi urubyiruko rukabigiramo uruhare, ubu rurasabwa kuba intumwa z'amahoro…