MURERWA DIANE

82 Articles

China: Gaz yaturitse ihitana abantu 31

Iturika rya Gaz muri resitora i Yinchuan mu majyaruguguru y'uburengerazuba y'Ubushinwa ryahitanye abantu 31 mu gihe abagera kuri barindwi bakomeretse…

Kaporali ushinjwa gushaka guhirika ubutegetsi muri Gambia yabigaramye

Umusirikare muto ushinjwa ko ari we umwaka ushize wanogeje umugambi wo guhirika ku butegetsi Perezida Adama Barrow yateye utwatsi ibyo…

Abahinzi b’imbuto n’imboga bananiwe guhaza isoko bafite mu mahanga

Abahinzi b'imbuto n'imboga barasabwa gushyira imbaraga mu kongera ubwinshi n'ubwiza bw'ibyoherezwa mu mahanga, nk’imwe mu nzira yo kuzamura ubukungu bw’igihugu…

Barasaba Leta ingurane z’imitungo yangijwe hakorwa umuhanda Ngoma – Bugesera – Nyanza

Bugesera: Abaturiye umuhanda Ngoma - Ramiro mu Karere ka Bugesera bafite imitungo yangijwe n'ikorwa ryawo barasaba guhabwa ingurane z'iyo mitungo…

Bugesera: Kwibuka imiryango yazimye ni urwibutso ruhoraho

Mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe abatutsi 1994 mu cyahoze ari Segiteri Kanazi, Umuyobozi wa IBUKA…

Bugesera: Imyaka 12 irihiritse banywa amazi mabi y’igishanga

Abaturage bo mu kagari Cyabasonga, Umurenge wa Juru, mu Karere ka Bugesera bavuga ko bugarijwe n’indwara ziterwa no kunywa amazi…

Gasabo: Abagore n’abakobwa barangije kwiga imyuga biteguye guhanga udushya

Abagore n'Abakobwa 41 bo mu Murenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo, basoje amahugurwa, ku birebana no kubyaza ifaranga ibikomoka…

Rwamagana: Amapoto y’amashanyarazi ahirima atamaze kabiri

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rwamagana barashyira mu majwi Ikigo cy'Igihugu Gishinzwe Ingufu, REG, kubaha amapoto y'ibiti ahirikwa…

Urubyiruko rwahawe umukoro wo guhangana n’abapfobya Jenoside

Mu kuzirikiana uruhare rw'Urubyiruko mu kubaka ubudaheranwa no guhangana n’ingaruka za jenoside, Minisiteri y’urubyiruko yarusabye gukumira icyatuma Jenoside yongera kuba.…

Kubibuka ni ukabasubiza ijwi mu buzima bwacu- Minisitiri Bayisenge

Mu Kwibuka imiryango yazimye, yishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi, Ministiri w'Uburinganire n'Iterambere ry'Umuryango, Prof Bayisenge Jeannette yavuze ko imiryango yazimye…