MURERWA DIANE

82 Articles

Bugesera: Umubyeyi ufite impanga zitaruzuza amezi 2 zamurwaranye Bwaki

*Ufite ubufasha wabunyuza kuri 0727560466 ibaruye kuri Ishimwe Ishimwe Rosine, wabyaye abana b'impanga bazima ariko umwe akaza kugira ikibazo cy'umutima…

Bakumbagara ku makoma- mu mudugudu wa Gakamba ubuzima burakakaye

Ni umudugudu wo mu Kagari ka Gakamba mu Murenge wa Mayange mu Karere ka Bugesera, wubakiwe imiryango 25 yararaga aho…

Umuyobozi yategetse abagore kwambara ubusa ngo amenye uri mu mihango

KENYA: Umuyobozi w’umugore yategetse abagore kwambara ubusa kugira ngo amenye uwajugunye “Cotex” yakoreshejwe ahataragenewe gushyirwa imyanda. Amakuru avuga ko Manager w’uruganda…

Nyamata: Abanyonzi babira ibyuya bashaka imisanzu ikaribwa n’abayobozi

Abakora umwuga wo gutwara abantu n'ibintu ku magare bibumbiye muri Koperative KOTRAVENYA mu Murenge wa Nyamata mu Karere ka Bugesera…

Bugesera: Abahinzi b’imiteja n’urusenda bijejwe isoko amaso ahera mu kirere

Abahinzi b’imiteja n’urusenda mu nkengero z’ikiyaga cya Rumira mu Karere ka Bugesera baravuga ko umusaruro wabo uri kwangirika kubera kubura…

Bakereye umurimo! Imurikabikorwa ry’i Bugesera ryaranzwe n’ishyaka n’akanyamuneza

Abamurikaga ibikorwa byabo mu imurikabikorwa ryaberaga i Bugesera, mu kanyamuneza n’ishyaka ryinshi bishimiye uko ryateguwe, banasaba ko ubutaha ryajya riba…

Kicukiro: Imibiri 10,224 y’abazize Jenoside yimuriwe mu rwibutso rwa Gahanga

Imibiri 10,224 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, irimo 7,564 yakuwe mu Kagari ka Nunga, igera ku 2,522 yakuwe muri…

Kayonza: Abigishijwe imyuga mu ngamba zo guhindura aho batuye

Abagore n'Abakobwa 93 bo mu Mirenge ya Nyamirama na Mukarange mu karere ka Kayonza, basoje amahugurwa kubirebana n'ubukungu no kubyaza…

Bugesera: Hari abana bataye ishuri bishora mu mirimo ivunanye

Bamwe mu bana bo mu karere ka Bugesera bataye ishuri bishora mu mirimo ivunanye irimo kujya gutashya inkwi zo kugurisha…

Gahunda yo “kweza byinshi ku buso buto” yagaragajwe nk’umuti w’ibura ry’ibiribwa

Abakora mu ruhererekane nyongeragaciro ku biribwa mu Rwanda bagaragaje ko gushyira imbaraga muri gahunda yo kweza byinshi ku buso buto…