Elisée MUHIZI

339 Articles

Muhanga: Amezi 6 arashize anyagirwa, umukecuru w’imyaka 78 inzu ye yasakawe igice 

Mukakibibi Consessa wo mu Mudugudu wa Nyamitanga mu Kagari ka Kanyinya mu Murenge wa Muhanga mu Karere ka Muhanga, avuga…

Ruhango: Batangije umushinga urata ibyiza nyaburanga ukanateza imbere abaturage

Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango buvuga ko hari Kampani yitwa 'AZIZE LIFE' yegerejwe abaturage ikazafasha ba mukerarugendo kumenya ibikorerwa mu Rwanda.…

Kamonyi: Inzu y’ubucuruzi yahiye irakongoka

Ubuyobozi bw'Umurenge wa Runda buravuga ko hari inzu y'uwitwa Umwiza Bernadette bacururizagamo amata yafashwe n'inkongi y'umuriro igakongoka. Iyi nkongi y'umuriro…

Mu Rwanda abagore 46% n’abagabo 18% bakubitwa n’abo bashakanye

Ubwo hasozwaga iminsi 16 yahariwe kurwanya no gukumira  ihohoterwa rishingiye ku gitsina,  Umuyobozi Nshingwabikorwa wa RWAMREC Rutayisire Fidèle yabwiye inzego…

Ruhango: Umugabo yakubise mugenzi we ifuni

Abaturage bo mu Mudugudu wa Ntungamo mu Kagari ka Kagenzi ho mu Murenge wa Ntongwe, barashinja Bimenyimana Paul gukubita Mbarubukeye…

Muhanga: Ushinzwe Imyitwarire mu kigo arashinjwa kunyereza Minerval y’abanyeshuri

Abarenga 30 biga mu Ishuri ry'imyuga na Tekiniki mu Mujyi wa Muhanga(Muhanga Technical Center)  barashinja Umukozi ushinzwe Imyitwarire y'abanyeshuri kubarira…

Abamotari bateje impanuka zahitanye ubuzima bw’abantu 150

Muri gahunda y'ubukangurambaga yiswe 'Gerayo amahoro' igamije gukumira impanuka zo mu Muhanda, Umuyobozi wungirije muri Polisi y'igihugu DCGP Ujeneza Chantal…

Muhanga: Serivisi zihabwa abaturage zazamutseho 6,5%

Ubwo hagaragazwaga ishusho y'uko abaturage babona Imiyoborere n’Imitangire ya Serivisi mu Karere ka Muhanga, Umunyamabanga Mukuru w’Ikigo cy’Ihihugu cy’Imiyoborere Kalisa…

Ruhango: Umusore w’imyaka 28 yasanzwe mu mugozi yapfuye

Ntambara Cyriaque w'imyaka 28 y’amavuko yari atuye mu Mudugudu wa Rwinkuba mu Kagari ka Buhoro mu Murenge wa Ruhango, yasanzwe…