Elisée MUHIZI

339 Articles

Muhanga: Umwarimu wa Kaminuza yishwe n’abataramenyekana

Muhirwe Karoro Charles, wigishaga Uburezi muri Kaminuza y'u Rwanda ishami rya Nyagatare, yishwe n'abantu bataramenyekana. Muhirwe Karoro Charles yari atuye…

Ruhango: Umusore wigishaga imodoka yaguye mu mpanuka

Umusore witwa Uwitarahara Jacques w'Imyaka 25 y'amavuko wo mu Karere ka Ruhango wigishaga imodoka yakoze impanuka ahita yitaba Imana. Iyi…

Ruhango: Umwana w’imyaka 6 yaguye mu kizenga cy’amazi arapfa

Umwana w'imyaka 6 y'amavuko wo mu Karere ka Ruhango yaguye mu kizenga cy'amazi cyacukuwe na Se wabo abumba amatafari ahasiga…

Nyanza: Umugabo yaguye mu isayo arabura

Sebanani Albert wo mu Mudugudu wa Kamabuye, Akagari ka Katarara mu Murenge wa Kibilizi mu Karere ka Nyanza, yagiye kwahira…

Umugore yafatanywe uruhinja amaranye icyumweru arwibye mu Bitaro

UPDATED: Umugore wo mu Karere ka Ruhango akurikiranyweho kwiba uruhinja rwa mugenzi we aho yari arwariye mu bitaro. Niyitegeka Marie…

Hakenewe asaga miliyoni 100Frw mu gusana iteme rihuza Kamonyi na Ruhango 

Ubuyobozi bw'Akarere ka Kamonyi buvuga ko hakenewe Miliyoni zirenga 100  zo gukora iteme ribahuza n'Akarere ka Ruhango. Ni iteme riherereye…

Ruhango: Inzuki zatwaye ubuzima bw’umuntu

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Mwendo mu Karere ka Ruhango, bavuga ko hari umwana w'imyaka ine y'amavuko inzuki…

Kamonyi: Bafite umuhigo wo gusezeranya imiryango 1800

Ubuyobozi bw'Akarere ka Kamonyi buvuga ko  bufite intego yo gusezeranya Imiryango 1800 yabanaga mu buryo butemewe. Umuyobozi wungirije Ushinzwe Iterambere…

Kamonyi: Basabye ko imibiri irenga 900 y’abazize Jenoside ijyanwa mu nzibutso 

Ubuyobozi bw'Akarere ka Kamonyi, na IBUKA buvuga ko hari imibiri irenga 900 y'abazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994  ikeneye gushyingurwa…

Ruhango: Umugore arakekwaho gutera umugabo we icyuma mu mutima

Umugore witwa Uwingabire Thacienne wo mu Karere ka Ruhango, akurikiranyweho kwica umugabo we witwa Mutatasamahoro Naftal amuteye icyuma mu mutima.…