Elisée MUHIZI

339 Articles

Kayonza: Abakobwa bize kuvuga ‘Oya’ itarimo ubutinde bahakanira ababashora mu busambanyi

Abakobwa biga mu Ishuri ryisumbuye rya Kayonza (Kayonza Modern School) bavuga ko  bize kuvuga OYA itarimo ubutinde, bashaka guhakanira abagabo…

Tuzakomeza kugaragaza ukuri kwacu kandi kuzatsinda- Hon Mukabalisa 

RUHANGO: Ubwo bibukaga ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, Perezida w'Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w'abadepite Hon Mukabalisa…

Abaturage bafashe mu mugongo abasizwe na Dr Muhirwe wishwe ashinyaguriwe

MUHANGA: Bamwe mu batuye mu Mudugudu wa Musengo, Akagari ka Kivumu bakusanyije inkunga yo gufata mu mugongo, Umuryango wa Dr…

Abakozi ba NESA bibutse abazize Jenoside i Murambi, baremera abacitse ku icumu

NYAMAGABE: Abayobozi , abakozi n'abafatanyabikorwa  b'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe ibizamini bya Leta n'ubugenzuzi bw'amashuri basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe abatutsi mu…

Imibare y’abafite Virus itera SIDA yakangaranyije urubyiruko rw’i Rwamagana

Urubyiruko rw'abanyeshuri biga mu bigo bitandukanye by'amashuri yisumbuye yo mu Karere ka Rwamagana, babwiwe uko abafite Virusi itera SIDA bahagaze…

Kayonza: Mu gashyamba gakorerwamo ibikorwa by’umwijima

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Rukara, mu Kadere Karere ka Kayonza, bavuga ko hari ishyamba ryabaye indiri y'abasambanya…

Ruhango: Umwana w’imyaka itatu yasanzwe amanitse muri WC

Inzego zitandukanye zo mu Karere ka Ruhango, zasanze umurambo w'umwana w'imyaka 3 mu bwiherero bw'umuturage yapfuye. Umuyobozi w'Akarere ka Ruhango…

Gatsibo: Mu mezi 6 abangavu 892 babyariye iwabo

Ubuyobozi bw'Akarere ka Gatsibo buvuga ko mu mezi atandatu abangavu 892 babyariye iwabo. Byavuzwe mu bukangurambaga bugamije guhindura imyumvire ku…

Muhanga: Ibibanza n’inzu zishaje bya Leta byarengewe n’ibigunda

Ibibanza bya Leta bitubatse mu Mujyi wa Muhanga, byuzuyemo ibyatsi n'ibihuru , Ubuyobozi bw'Akarere buvuga ko burimo kurambagamiza abashoramari kugira…

RBC yibukije ko kurinda urubyiruko SIDA ari inshingano za buri wese

Mu bukangurambaga Ikigo gishinzwe Ubuzima mu Rwanda(RBC) gikorera mu mashuri atandukanye cyibukije abanyarwanda ko buri wese afite inshingano zo kurinda…