Elisée MUHIZI

339 Articles

Kamonyi: Umugabo arakekwaho gutaburura imva y’umuntu

Inzego z'ubugenzacyaha zataye muri yombi umugabo ukekwaho gutaburura umubiri wa Mukurarinda Wenceslas, bivugwa ko yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi. Umunyamabanga Nsingwabikorwa…

Kamonyi: Leta igiye gutanga miliyari 2 Frw zo kuvugurura inzu y’amateka

Minisiteri y'Ubumwe bw'Abanyarwanda n'Inshingano Mboneragihugu yijeje abarokotse ko igiye kuvugurura  inzu y'amateka yari imaze imyaka irenga 20 itayabitse. Minisitiri Dr…

Abarokokeye i Nyabisindu bavuze uko Pasiteri Nsanzurwimo yabateje Interahamwe

MUHANGA: Mu buhamya bwa barokokeye kuri Paruwasi y'i Nyabisindu i Muhanga, bavuga ko batangiye kwicwa umugoroba Pasiteri Nzanzurwimo Joseph abasura.…

Kamonyi: Abaturage biyemeje kubakira no gusana inzu 900 z’imiryango yasenyewe n’ibiza

Bamwe mu baturage bagize Itorero ry'Umudugudu bahize ko bagiye gufatanya n'Ubuyobozi mu kubaka no gusana inzu z'imiryango irenga 900 iherutse…

Kigali: Hagaragajwe urutonde rw’abaganga 157 bishe abarwayi muri Jenoside

Minisiteri y'Ubumwe bw'abanyarwanda n'inshingano mboneragihugu, yagaragaje uruhare rw'abaganga 157  muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ivuga ko aho gutanga ubuzima bishe abarwayi,…

Ruhango: Umukozi wo mu rugo arakekwaho kwica Nyirabuja

Umukozi wo mu rugo witwa Dusabimana Emmanuel  arakekwa kwica Umukecuru witwaga Mukarugomwa Joséphine w'imyaka 75 y'amavuko yarangiza agatoroka. Amakuru y'Urupfu…

Bugesera: Abananiwe kwifata basabye ko udukingirizo tugera ku Mudugudu

Bamwe mu rubyiruko rwo  mu cyaro cy'Akarere  ka Bugesera, bifuza ko ku rwego rw'Umudugudu bahashyira Serivisi zitangirwamo udukingirizo kuko aho…

Impaka zishyushye ku kwanduzanya SIDA hagati y’abasore n’inkumi b’i Kirehe

Bamwe mu rubyiruko rw'abahungu n'abakobwa bo mu Murenge wa Kigina Akarere ka Kirehe, barashinjanya kwanduzanya icyorezo cya Virusi itera. Bamwe…

Ngoma: ‘Umuyobozi w’indaya’ yavuze icyakorwa ngo bareke ‘umwuga’

Bamwe mu bagore bakora uburaya mu Karere ka Ngoma, bavuga ko barambiwe n'uyu mwuga bakifuza ko bahabwa igishoro kugira ngo…

Ngoma: Abaturage babyiganiye gufata udukingirizo tw’ubuntu

Abaturage bo Murenge wa Sake, Akarere ka Ngoma batanguranwe udukingirizo RBC itanga, ni mu gikorwa cy'Ubukangurambaga bugamije guhindura imyumvire ku…