Elisée MUHIZI

339 Articles

Nyaruguru: Abayobozi baritana bamwana ku musoro warigise barebera

Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyaruguru mu Ntara y'Amajyepfo n'Imirenge 7 yo muri aka Karere bananiwe kumvikana ku bagomba kwishyura umusoro wa…

Muhanga: Ikirombe cyagwiriye batanu umwe ahita apfa

Uzabakiriho Samuel w'Imyaka 28 y'amavuko yahitanywe n'ikirombe bacukuramo amabuye y'agaciro, bagenzi be 4 barakomereka. Iyi mpanuka yahitanye Uzabakiriho Samuel yabereye…

Guverineri Kayitesi yarahiye ko nta muyobozi uri mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro

Guverineri w'Intara y'Amajyepfo Kayitesi Alice yahakanye ko nta makuru afite ya bamwe mu bayobozi bashinjwa n'abaturage kwijandika mu bucukuzi bw'amabuye…

Umugabo yicishije umuvandimwe we ibuye

Ngororero: Ubuyobozi buvuga ko burimo gushakisha Umugabo witwa Ndayishimiye Antoine ushinjwa kwica umuvandimwe we akoresheje ibuye. Nyakwigendera yitwaga Ryumugabe Frannçois,…

Muhanga: Hatashywe isomero ririmo toni 11 z’ibitabo

Abatuye Umujyi wa Muhanga batashye isomero bise 'Pourquoi Pas' ririmo toni 11 z'ibitabo,  byiganjemo ibyo mu rurimi rw'Igifaransa. Gutaha ku…

Muhanga: ‘Agakono k’umwana’ kitezweho guhashya igwingira

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Rugendabari mu Karere ka Muhanga, bavuga ko bashyizeho gahunda bise "Agakono ku mwana…

Abana 10 barohamye muri Nyabarongo bashyinguwe mu marira n’agahinda

Muhanga: Abana 10 barohamye muri Nyabarongo, uyu munsi nibwo bashyinguwe, ababyeyi babo bagaragaje agahinda kenshi kuko hari n'uwapfushije abana be…

Muhanga: Hari gusibwa ibirombe byambitswe ubusa n’abanyogosi

Umuganda wabareye mu rugabano ruhuza Umurenge wa Nyamabuye ni uwa Muhanga, mu Mudugudu wa Kirebe, Akagari ka Gifumba Umurenge wa…

RIB yakebuye abangiza ibidukikije ibibutsa ko hari ibihano bibategereje

MUHANGA: Abakorera Urwego rw'Ubugenzacyaha(RIB) babwiye abaturage ko kwangiza Ibidukikije bigira ingaruka zikomeye ku buzima bwa muntu, ariko bikanahanwa n'amategeko.  …

UPDATE: Hamenyekanye amazina y’abana 10 barohamye muri Nyabarongo

UPDATE: Amakuru amaze kumenyekana ku mpanuka yo mu mazi yabereye mu murenge wa Mushishiro, mu Karere ka Muhanga ni uko…