Elisée MUHIZI

339 Articles

Abaturage ntibashonje- Meya wa Muhanga

Umuyobozi w'Akarere ka Muhanga Kayitare Jacqueline avuga ko nta nzara abaturage bafite ahubwo ko ari ikibazo cy'ibyokurya bidahagije bifuza kuzamura…

Ruhango: Umukozi w’Akarere yishwe n’impanuka

Imodoka itaramenyekana kugeza ubu yagonze Umukozi ushinzwe Imibereho myiza y'abaturage mu Murenge wa Bweramana mu Karere Ruhango witwaga Niyonsaba Médiatrice…

i Kabgayi bongeye kuhabona imibiri 12 y’abantu bishwe mu gihe cya Jenoside

Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga buvuga ko hari imibiri 12 yabonetse hafi n'icyumba cy'imbagwa mu Bitaro bya Kabgayi. Kayitare Jacqueline Uyobora…

Kamonyi: Gitifu w’Umurenge yikuye mu kazi

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Karama Niyobuhungiro Obed yandikiye abagize Komite y'Akarere, asezera ku mirimo ye. Mu gitondo cyo kuri uyu…

NESA yihanangirije abayobozi biha uburenganzira bwo gushyira mu myanya abanyeshuri

Mu bukangurambaga NESA yateguye  yihanangirije  abayobozi b'ibigo by'amashuri ko nta burenganzira bafite bwo gushyira mu myanya abanyeshuri bo mu mwaka…

Urukiko rwafashe icyemezo mu rubanza rwa Padiri uregwa gusambanya umwana w’umuhungu

Nyanza: Padiri  Habimfura wakekwaga gusambanya Umwana w'Umuhungu yagizwe umwere Urukiko Rukuru rw'i Nyanza rwagize umwere  Padiri Habimfura Jean Baptiste, wari…

Hon Dushimimana yagizwe Guverineri w’Iburengerazuba

Hon Lambert Dushimimana yagizwe Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba asimbuye Habitegeko Francois wakuwe mu nshingano na Perezida wa Repubulika Paul Kagame. Byatangajwe…

Abakoze ‘WhatsApp Group’ zibiba urwango bagiye guhigwa

Minisitiri w'Ubumwe bw'Abanyarwanda n'Inshingano mboneragihugu Dr Bizimana Jean Damascène yasabye ko abakoze imbuga Nkoranyambaga zihembera ivangura n'amacakubiri bakurikiranwa, ndetse n'izo…

Nyanza: Bakajije ingamba mu guhashya igwingira

Akarere ka Nyanza gafatanyije n'umufatanyabikorwa wako 'Gikuriro Kuri Bose' kiyemije kurwanya imirire mibi n'igwingira mu bana binyuze muri gahunda bise…

Kamonyi: Moto yahitanye uwari uyitwaye

Nshimiyimana Fidèle uri mu kigero cy'imyaka isaga 50 y'amavuko yavuye i Kigali ashaka kwerekeza mu Ntara y'Amajyepfo, yambutse ikiraro cya…