Elisée MUHIZI

339 Articles

Polisi yarashe uwo bikekwa ko ari umujura, ngo yashatse kubatema

MUHANGA: Polisi y’u Rwanda yarashe uwo bikekwa ko ari umujura w'insinga z'amashanyarazi ahita apfa. Polisi ivuga ko yagerageje gutema Abapolisi…

Ngororero: Umuyobozi wa DASSO arashinjwa gukubitira umuturage mu ruhame

Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Nyange, Akagari ka Nsibo Umurenge wa Nyange,barashinja Umuhuzabikorwa wa DASSO ku rwego rw'Umurenge…

Hari abumvise macuri ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye

Ubwo hizihizwaga ku nshuro ya 20 Umunsi mpuzamahanga w'uburenganzira bw'umugore, Perezida wa Komisiyo y'Igihugu  y'Uburenganzira bwa muntu, Hon Mukasine Marie…

Ruhango: Umugabo yatawe muri yombi akekwaho kwica Nyina wabo

Umugabo wo mu Karere ka Ruhango akurikiranyweho icyaha cyo kwica Nyina wabo amutemaguye umubiri wose. Ubuyobozi bw'Umurenge wa  Ntongwe, bwabwiye…

Ruhango: Umugezi watwaraga abaturage washyizweho ikiraro gishya

Ikiraro cy'Umugezi w'Akabebya wahitanaga abaturage cyuzuye gitwaye arenga miliyoni 200  kinoroshya  ubuhahirane ku bahatuye b'Imirenge 2. Abatuye mu Mudugudu wa…

Ruhango: Ingo 3500 zigiye gufashwa kuva mu bukene

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango, n’Ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu Iterambere ry’Akarere biyemeje gusindagiza ingo 3500 zifite ubukene bukabije. Byavugiwe mu  mwiherero  w’iminsi…

Guverineri Dushimimana yahaye ubutumwa abashinzwe ubuhinzi birirwa mu biro

NGORORERO: Ubwo yatangizaga igihembwe cya mbere cy'ihinga,  Guverineri w'Intara y'Iburengerazuba, Dr Dushimimana Lambert, yasabye abashinzwe ubuhinzi ku rwego rw'Imirenge no…

Muhanga: Abitwa abahebyi bateye abasekirite barinda ibirombe bamwe barakomereka

Itsinda ry'abahebyi 25 ryateye abasekirite barinda ibirombe by'amabuye y'agaciro rikomeretsamo 4 muri bo. UMUSEKE wamenye amakuru ko itsinda ry'abantu 25…

Kamonyi: Habarurema agiye kubaka umuhanda wa Miliyari irenga

Umuyobozi Mukuru wa Kabila Coffee Company Ltd, Habarurema Casimir avuga ko agiye kubaka Umuhanda wa Kaburimbo uzatwara Miliyari na Miliyoni…

Itorero ry’Umudugudu ryagaragajwe nk’umuti mu guhashya ibirimo ubusinzi

Minisitiri w'Ubumwe bw'Abanyarwanda n'inshingano mboneragihugu Dr Bizimana Jean Damascène yasabye abavuga rikumvikana bo mu Karere ka Muhanga, ko imikorere y'Itorero…