Elisée MUHIZI

339 Articles

Impuguke mu ishoramari zemeza ko kugura impapuro mpeshamwenda byungura

Muhanga: Impuguke mu by’ubukungu zivuga ko gushora imari mu mpapuro mpeshamwenda bitanga Inyungu ku kigero cyo hejuru. Impuguke mu by’ubukungu…

HOWO yatwaye ubuzima abantu bane

Nyanza: Impanuka y’Imodoka yabereye mu Karere ka Nyanza, yatwaye ubuzima bw'abasore bane. Mu ijoro ryo ku wa 28 Werurwe, 2026…

i Muhanga hubatswe sitasiyo ya mbere y’imodoka zikoresha amashanyarazi

Muhanga: Imodoka zikoresha amashanyarazi ziganjemo za Bisi (Bus) zegerejwe sitasiyo zizajya zongererwaho umuriro zikoresha. Mu gikorwa cyo gutaha ku mugaragaro…

Imodoka yo mu bwoko bwa HOWO imaze icyumweru mu mugezi

Muhanga: Imodoka yo mu bwoko bwa HOWO yari igiye gupakira umucanga, imaze icyumweru  mu mugezi wa Bakokwe. Iki kibazo cy’imodoka…

Kamonyi: Umugabo birakekwa ko yiyahuye

Amakuru UMUSEKE wamenye avuga ko uwitwa Barabwiriza Vénuste w’Imyaka 57 y’amavuko yasanzwe mu nzu ari mu mugozi, bikavugwa ko ashobora…

Hamenwe inzoga zitujuje ubuziranenge litiro 157,000

Amajyepfo: Polisi ku bufatanye n’izindi Nzego zitandukanye zo mu Ntara y’Amajyepfo, zimaze kumena litiro zisaga 157,000 z’inzoga zitujuje ubuziranenge, na litiro…

Uturere turindwi twagiye kwigira ku ka Ruhango

Abayobozi bo mu turere turindwi two mu Ntara y’Amajyepfo baje kwigira amasomo ku cyo Ruhango yise Ishuri ry’Abayobozi. Ubuyobozi bw’Akarere…

Imodoka ya Kampani y’Abashinwa yaguye muri Nyabarongo

Muhanga - Ubuyobozi bw’Umurenge wa Nyarusange bwabwiye UMUSEKE ko imodoka yari atwawe n'umushoferi witwa Mugwaneza Idrissa yaguye mu mugezi wa…

Amajyepfo: PSF yasabwe gukorera mu nyungu rusange

Komite nshya y’Urugaga rw’Abikorera mu Ntara y’Amajyepfo yibukijwe ko inyungu rusange z’ababatoye ari zo igomba gushyira imbere. Ihererekanyabubasha hagati ya…

Nyabarongo yakomye mu nkokora urujya n’uruza ku muhanda Muhanga – Ngororero

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Rugendabari mu Karere ka Muhanga buvuga ko amazi y’umugezi wa Nyabarongo yasendereye mu Muhanda ahagarika imodoka zavaga…