MUGIRANEZA THIERRY

104 Articles

Abageni baraye ku kagari n’ibirongoranwa nyuma y’ubukwe

Kigali: Abageni mu Karere ka Nyarugenge, babuze aho bataha nyuma y'ubukwe bajya kurazwa ku biro by'Akagari ka Rwampara bagifite n'ibirongoranwa…

Trump yamaramaje ko ubutegetsi muri Iran bugomba guhinduka

Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ubu ihinduka ry'ubutegetsi muri Iran ari cyo kintu cyiza…

Nangaa wa AFC/M23 yaganiriye na Vivian uyobora MONUSCO

Umuyobozi w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa Yobeluo, yahuye anaganira n'Umuyobozi w’agateganyo w’ubutumwa bw’amahoro…

Polisi yafashe litiro zirenga ibihumbi 17 z’inzoga zitujuje ubuziranenge 

Polisi y'u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali itangaza ko mu minsi itanu yafashe inzoga zitujuje ubuziranenge na kanyanga litiro…

Inzoga zitujuje ubuziranenge zirigusya zitanzitse, 28 bishwe na zo !

Minisiteri y'Ubuzima igaragaza ko kuva tariki 2 Gashyantare kugeza ku ya 12, 2026, amavuriro yo mu Turere rwa Bugesera, Ruhango,…

Zelenskyy yakuriye inzira ku murima Amerika

Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelenskyy yabwiye Leta zunze Ubumwe za Amerika zihora zimusaba gutegura amatora y'Umukuru w'Igihugu ko ibyo bidashoboka,…

Muhanga: Urubyiruko rwahoze mu mirimo ivunanye rwafunguriwe inzira igana ku bukire

Urubyiruko rwo mu Murenge wa Kabacuzi mu Karere ka Muhanga rwahoze mu mirimo irimo gukora mu birombe by'amabuye y'agaciro ruravuga…

Abaragira n’abaragiza imitungo baburiwe

Umuvunyi Mukuru, Nirere Madeleine, yaburiye abantu binjiye mu mayeri yo kwandikisha imitungo yabo ku bandi, ndetse n’abo bemera ko ibandikwaho…

Nyabihu: DASSO yahaye abanyeshuri ibikoresho by’ishuri

Mu Karere ka Nyabihu, Urwego rwunganira Akarere mu kubungabunga umutekano (DASSO) rwahaye abanyeshuri bikoresho by’ishuri birimo impuzangankano, inkweto n’ibikapu, hagamijwe…

‘General’ yapfiriye mu nzira agiye gushyingura mugenzi we

Umuvugizi w’Agateganyo w’Ingabo za Uganda (UPDF), Colonel Chris Magezi, yatangaje ko iki gisirikare cyapfushije Maj. Gen Deus Sande wari Umuyobozi…