MUGIRANEZA THIERRY

104 Articles

Nigeria: Abitwaje intwaro bishe abarenga 50

Abitwaje intwaro bagenderaga kuri moto bateye igiturage mu Majyaruguru y'Uburengerazuba bwa Nigeria muri Leta ya Zamfara, bica abaturage barenga 50…

MINEDUC yasubije abavuga ko ‘AI’ ikurura ubunebwe mu mashuri

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Irere Claudette, yagaragaje ko kuba u Rwanda ruri kwinjiza ubwenge buhangano “AI (Artificial Intelligence)…

Nyamagabe: Abagize JADF basabwe gushyira umuturage ku isonga

Abagize Ihuriro ry'Abafatanyabikorwa mu Iterambere ry'Akarere ka Nyamagabe (JADF Nyamagabe) basabwe n'ubuyobozi bw'ako Karere gutuma ibyo bakora bihindura ubuzima bw'umuturage…

Amerika yahawe ibirombe biri mu matwara ya AFC/M23

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yahaye Leta zunze Ubumwe za Amerika ibirombe by'amabuye y'agaciro ya Coltan biherereye i Rubaya, agace…

Abanyakenya barenga 1000 barwana mu ntambara ya Ukraine n’u Burusiya

Ubutegetsi muri Kenya butangaza ko bwamenye agatsiko karimo abayobozi, abo mu nzego z'umutekano n'abashinzwe abinjira n'abasohoka binjiye mu mikoranire yatumye…

Gabon yafunze imbuga nkoranyambaga 

Leta ya Gabon yafashe umwanzuro wo guhagarika ikoreshwa ry'imbuga nkoranyambaga muri icyo Gihugu mu kiswe' guhagarika ibyakwirakizwaga bigamije gutandukanye Sosiyete…

LONI yamaganye Israel 

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, António Guterres, yatangaje ko yamaganye icyemezo cya Leta ya Israel cyo gusubukara ibikorwa byo kwiyandikishaho ubutaka…

Polisi y’u Rwanda n’iya Misiri zinjiye mu mikoranire

U Rwanda na Misiri byashyize umukono ku masezerano y’imikoranire hagati ya Polisi z’ibihugu byombi, agamije gushyiraho uburyo buhamye bwo guhanahana…

Minisitiri Habimana w’Ubutegetsi bw’Igihugu yafotowe

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, yagaragaje ko abaturage barenga miliyoni imwe n’ibihumbi 600 bamaze kwemeza imyirondoro no gufotorwa ngo bahabwe…

Perezida Ndayishimiye yatangiye kuyobora AU

Perezida Évariste Ndayishimiye, w'u Burundi yatangiye kuyobora Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), mu gihe cy'umwaka umwe, inshingano asimbuyeho João…