MUGIRANEZA THIERRY

104 Articles

Abanyeshuri bagera kuri 50% badindiye mu myigire

Minisitiri w’Uburezi,  Joseph Nsengimana, yagaragaje ko hari byinshi byo kwishimira mu burezi bw’u Rwanda  birimo kuba 1/3 cy’abanyarwanda bari mu…

Dr. Nsengiyumva yahagarariye Perezida Kagame mu irahira rya Touadéra

Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva yageze i Bangui, aho ahagarariye Perezida Paul Kagame mu muhango wo kurahira kwa Perezida watowe,…

AFC/M23 yavuze ku byo gukura Ingabo mu bice igenzura

Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko urujya n'uruza rw'abasirikare baryo rumaze igihe rugaragara…

Iteramakofe: Abanyarwanda bigaragaje muri ‘Kigali Fight Night’ 

Abanyarwanda bigaragaje mu irushanwa ry'iteramakofe rya 'Kigali Fight Night’ ryabaga ku nshuro ya kabiri, aho abarwanye bose mu cy'icyiciro cy'ababigize…

Umuti wabonetse ku ibura ry’amagambo y’Ikinyarwanda

Inteko y’Umuco yamuritse Inkoranyamuga y’ikoranabuhanga, kikaba igitabo cy’amapaji 274 n’amagambo 1,700 gikubiyemo amagambo ya gihanga (amuga)  ari mu rurimi rw’Ikinyarwanda…

Ba ‘Defence Attachés’ baganirijwe ku mutekano w’u Rwanda n’ uwo mu karere

Minisiteri y’Ingabo hamwe n’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bakiriye Abahagarariye mu Rwanda, inyungu za gisirikare (Defence Attachés), bagezwaho ikiganiro ku bijyanye…

Israel na Amerika byishe uwo bishinja gufunga inzira ya Hormuz

Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel byatangaje ko byishe Umugaba w’ingabo za Iran (Revolutionary Guard Corps) zirwanira mu mazi,…

Nyamagabe: Miliyari 90 Frw ziri kwifashishwa mu guha abaturage amazi meza

Akarere ka Nyamagabe karateganya ko kugera mu 2030 abaturage barenga ibihumbi 370 bagatuye bazaba bagejejweho amazi meza n’ibikoresho by’isuku n’isukura…

Perezida Kagame yakemuye ibibazo by’Abayisilamu

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yakiriye anakemura ibibazo Abayisilamu bo mu Rwanda bamugejejeho birimo abagowe n’imibereho kubera amikoro make, ikibazo…

Perezida Kagame ku bayobozi – “muri abirasi kandi mwiratana ubusa” (VIDEO)

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yanenze abayobozi batita ku nshingano zabo bakumva ko ari ibintu bisanzwe bakiregura basaba imbabazi bavuga…